Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burundi yigambye ibintu bikomeye kuri ubu butegetsi bwe bumaze imyaka ikaba kaba itanu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 12, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi yigambye ibintu bikomeye kuri ubu butegetsi bwe bumaze imyaka ikaba kaba itanu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi yigambye ibintu bikomeye kuri ubu butegetsi bwe bumaze imyaka ikaba kaba itanu.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni mu kiganiro giheruka kubera mu Ntara ya Gitega, ubwo hibukwaga ku nshuro ya kane urupfu rwa Peter Nkurunziza wayoboye u Burundi imyaka 15, nk’uko tubikesha ibitangaza makuru byandikirwa mu Burundi.

Ikinyamakuru cya King Murundi cyatangaje ko perezida Evariste Ndayishimiye muri uko kwibuka yavuze ko u Burundi butigeze bugira umunezero n’umugisha nk’ibyo bufite uyu munsi ku butegetsi bwe.

Ko kandi asanga u Burundi bwarabonye umusaruro butigeze bugira mu buhinzi mbere no ku bundi butegetsi, akibaza niba Abarundi bazabirya bakabimara.

Tariki ya 08/06/2024, u Burundi niho bwibutse ku nshuro ya kane urupfu rw’u wahoze ari perezida, Peter Nkurunziza, wapfuye mu 2020. Bivugwa ko muri ibyo birori byakurikiwe n’inyigisho z’u mukuru w’igihugu ku bayobozi b’igihugu cya 2040-2060.

Muri izo nyigisho umukuru w’igihugu yagarutse ku byerekeye uko igihugu cyifashe muri iki gihe aho yamenyesheje ko u Burundi bwabonye umusaruro mwinshi mu gihugu hose ndetse kuri we agasanga Abanyagihugu batazawumara.

Perezida Ndayishimiye avuga ko u Burundi ari agahugu gato ko muri Afrika y’iburasizuba ariko katigeze kagira umugisha nk’uko uyu munsi bimeze kandi ko Abarundi vuba bagiye kwigenga mu by’u bukungu.

Yakomeje avuga ko u Burundi butigeze bugira umunezero usibye ku butegetsi bwe, gusa akaba ashimira Imana ko yashoboye kwumva amasengesho ye. Avuga ko mu ngendo aheruka gukora mu gihugu hagati mu minsi ishize, yasanze Intara zose z’igihugu zaragize umusaruro w’ubuhanzi urenze.

Yagize ati: “Nibwo bwa mbere mbonye umusaruro nk’uyu mu gihugu. Habaye umusaruro w’ibigori urenze hamwe n’ibishimbo, ndetse ndibaza niba Abarundi bazabirya bakabimara.”

Nubwo umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yigamba ko igihugu cye cyagize umusaruro urenze w’ubuhanzi ndetse Abarundi bishimye kurusha ibindi bihe byose babayeho, ngo biracyagoye kuko igihugu gifite ibibazo by’amadevize kandi uwo musaruro ntacyo wafasha ngo haboneke umuti w’icyo kibazo cy’amafaranga y’amanyamahanga cyatumye igihugu kibura ibikomoka kuri peteroli ndetse cyatumye n’ibinyobwa bya Brarudi bibura ku isoko kubera kubura amadevize.

Ikindi n’uko kuri ubu Abaturage bo muri iki gihugu bari kurira cyane bivanye n’uko ingendo zahagaze, ni mu gihe lisansi (igitoro) yabuze ku rugero rutigeze rubaho n’ikindi gihe.

         MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeIbintu bikomeyeKugihugu cyeU BurundiYigambye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Umuhungu wa Perezida Joe Biden, urukiko rwa muhamije ibyaha birenga bibiri.

Umuhungu wa Perezida Joe Biden, urukiko rwa muhamije ibyaha birenga bibiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?