• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burundi yigambye ibintu bikomeye kuri ubu butegetsi bwe bumaze imyaka ikaba kaba itanu.

minebwenews by minebwenews
June 12, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi yigambye ibintu bikomeye kuri ubu butegetsi bwe bumaze imyaka ikaba kaba itanu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi yigambye ibintu bikomeye kuri ubu butegetsi bwe bumaze imyaka ikaba kaba itanu.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni mu kiganiro giheruka kubera mu Ntara ya Gitega, ubwo hibukwaga ku nshuro ya kane urupfu rwa Peter Nkurunziza wayoboye u Burundi imyaka 15, nk’uko tubikesha ibitangaza makuru byandikirwa mu Burundi.

Ikinyamakuru cya King Murundi cyatangaje ko perezida Evariste Ndayishimiye muri uko kwibuka yavuze ko u Burundi butigeze bugira umunezero n’umugisha nk’ibyo bufite uyu munsi ku butegetsi bwe.

Ko kandi asanga u Burundi bwarabonye umusaruro butigeze bugira mu buhinzi mbere no ku bundi butegetsi, akibaza niba Abarundi bazabirya bakabimara.

Tariki ya 08/06/2024, u Burundi niho bwibutse ku nshuro ya kane urupfu rw’u wahoze ari perezida, Peter Nkurunziza, wapfuye mu 2020. Bivugwa ko muri ibyo birori byakurikiwe n’inyigisho z’u mukuru w’igihugu ku bayobozi b’igihugu cya 2040-2060.

Muri izo nyigisho umukuru w’igihugu yagarutse ku byerekeye uko igihugu cyifashe muri iki gihe aho yamenyesheje ko u Burundi bwabonye umusaruro mwinshi mu gihugu hose ndetse kuri we agasanga Abanyagihugu batazawumara.

Perezida Ndayishimiye avuga ko u Burundi ari agahugu gato ko muri Afrika y’iburasizuba ariko katigeze kagira umugisha nk’uko uyu munsi bimeze kandi ko Abarundi vuba bagiye kwigenga mu by’u bukungu.

Yakomeje avuga ko u Burundi butigeze bugira umunezero usibye ku butegetsi bwe, gusa akaba ashimira Imana ko yashoboye kwumva amasengesho ye. Avuga ko mu ngendo aheruka gukora mu gihugu hagati mu minsi ishize, yasanze Intara zose z’igihugu zaragize umusaruro w’ubuhanzi urenze.

Yagize ati: “Nibwo bwa mbere mbonye umusaruro nk’uyu mu gihugu. Habaye umusaruro w’ibigori urenze hamwe n’ibishimbo, ndetse ndibaza niba Abarundi bazabirya bakabimara.”

Nubwo umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yigamba ko igihugu cye cyagize umusaruro urenze w’ubuhanzi ndetse Abarundi bishimye kurusha ibindi bihe byose babayeho, ngo biracyagoye kuko igihugu gifite ibibazo by’amadevize kandi uwo musaruro ntacyo wafasha ngo haboneke umuti w’icyo kibazo cy’amafaranga y’amanyamahanga cyatumye igihugu kibura ibikomoka kuri peteroli ndetse cyatumye n’ibinyobwa bya Brarudi bibura ku isoko kubera kubura amadevize.

Ikindi n’uko kuri ubu Abaturage bo muri iki gihugu bari kurira cyane bivanye n’uko ingendo zahagaze, ni mu gihe lisansi (igitoro) yabuze ku rugero rutigeze rubaho n’ikindi gihe.

         MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeIbintu bikomeyeKugihugu cyeU BurundiYigambye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Umuhungu wa Perezida Joe Biden, urukiko rwa muhamije ibyaha birenga bibiri.

Umuhungu wa Perezida Joe Biden, urukiko rwa muhamije ibyaha birenga bibiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?