• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida w’u Burusiya yaganiriye n’uwa Amerika ku bibazo by’intambara.

minebwenews by minebwenews
July 4, 2025
in World News
0
Perezida w’u Burusiya yaganiriye n’uwa Amerika ku bibazo by’intambara.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burusiya yaganiriye n’uwa Amerika ku bibazo by’intambara.

You might also like

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yavuganye kuri telefone na mugenzi we wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, baganira ku ntambara ya Israel na Iran ndetse n’iyo u Burusiya burimo muri Ukraine, barebera hamwe n’icyakorwa kugira ngo zirangire burundu.

Iki kiganiro cy’aba bakuru b’ibi bihugu byombi cyabaye ku munsi w’ejo hashize ubwo Leta Zunze ubumwe z’Amerika zizihizaga imyaka 250 yikukiye ivuye mu bukoloni bw’Abongereza.

Muri uku kwizihiza uyu munsi mukuru w’iki gihugu, Trump yategetse ko akarasisi gakorwa n’abantu 6600, imodoka za gisirikare 250 mu gihe indege zo ari 50 gusa. Bitandukanye n’akandi kagiye gakorwa mbere, kuko ko kabaga karemereye aho ko kabaga karimo ibimodoka byinshi bya gisirikare n’indege zirenze izo.

Nyuma y’iryo ryizihiza umunsi w’ubwigenge, Trump yahamagaye Poutine bavugana ikibazo cya Iran ndetse n’intambara ibera muri Ukraine. Iyo u Burusiya bwashoye kuri iki gihugu.

Amakuru avuga ko Trump yagaragarije mugenzi we ibyifuzo bye, amubwira ko ashaka ko intambara ihagarara hagati y’u Burusiya na Ukraine.
Undi na we amusobanurira ko iyi ntambara igomba guhagarara mu gihe u Burusiya ibyifuzo byabwo byatumye ikora iyi ntambara byagerwaho.

U Burusiya busaba ko Ukraine itinjira mu muryango wa NATO, kuko bwo bubona kwinjira muri uwo muryango kwa Ukraine ari nko kureka umwicanyi ukomeye akinjira mu rugo rwa we rurimo abana n’ibintu byagaciro. Ubundi Ukraine yahoze ari igihugu kimwe n’u Burusiya.

Ukraine na yo ivuga ko ifite uburenganzira bwose bwokuja mu muryango ishaka, nk’igihugu cy’igenga.

Muri iki kiganiro kandi amakuru akomeza avuga ko Poutine yasobanuriye mugenzi we ko igihugu cye kiri gutegura ibiganiro bizagifasha kurangiza amakimbirane y’intambara gifitanye na Ukraine.

Hejuru y’ibyo Poutine yasabye Trump gukora ibishoboka byose ikibazo cya Iran na Israel kikarangira.

Ikiganiro cy’aba bayobozi b’ibi bihugu by’ibihangange ku isi, cyabaye mu gihe Leta Zunze ubumwe z’Amerika zavanyeho ibihano cyari cyarafatiye amabanki 6 y’u Burusiya, harimo na banki nkuru y’iki gihugu cy’u Burusiya.

Ikindi ni uko cyakozwe nyuma y’aho Amerika kandi ihagaritse inkunga ya gisirikare yageneraga Ukraine. Mu ntwaro ivuga ko itazongera kuyiha harimo misile Patriots yari ingirakamaro kuri Ukraine.

Kimwecyo, Amerika iri mu biganiro na Ukraine byuburyo yazigerwaho na ziriya ntwaro binyuze mu bihugu by’u Burayi, ngo ni mugihe ibyo bihugu bizajya bizugurira Amerika, hanyuma Ukraine nayo izifatire yo.

Tags: ikiganiroPoutineTrump
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Auto Draft

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze Intambara iri hagati ya Iran, Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zagabye igitero gikomeye cyibasiye ibikorwa by’ingenzi byari bigize gahunda ya misile ziraswa...

Read moreDetails

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Amerika na Israel Byagabye Igitero Simusiga kuri Irani

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga Intambara iri guhuza Iran n’ihuriro rigizwe na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails

Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran

Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran Mu bihe by’ihungabana rikomeye muri politiki y’akarere ka Tuwayeri no ku rwego mpuzamahanga, haravugwa inkuru y’uko...

Read moreDetails

Impungenge ku Ntambara ya Iran: Ibitero bya Israel na Amerika, Ikoranabuhanga rya Hypersonic n’Ingaruka ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Impungenge ku Ntambara ya Iran: Ibitero bya Israel na Amerika, Ikoranabuhanga rya Hypersonic n’Ingaruka ku Mutekano w’Isi

Impungenge ku Ntambara ya Iran: Ibitero bya Israel na Amerika, Ikoranabuhanga rya Hypersonic n’Ingaruka ku Mutekano w’Isi Mu gihe umwuka mubi wa politiki n’umutekano ukomeje kuzamuka mu Burasirazuba...

Read moreDetails
Next Post
Afande Rugabo yateye utwatsi abavuga ko muri AFC harimo umwuka mubi.

Afande Rugabo yateye utwatsi abavuga ko muri AFC harimo umwuka mubi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?