• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, mu kiganiro cyabereye i Bunagana yahishuriye Isi ko leta ya Kinshasa, irimo gukora Genocide yo kurya abantu.

minebwenews by minebwenews
November 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 18/11/2023, i Bunagana ahazwi nka gace gakomeye mubice u mutwe wa M23 wambuye ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo n’abafatanya bikorwa babo, habereye ibiganiro bikaze byari byatumiwe mo abanyamakuru batandukanye bavuye hirya nohino kw’Isi.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

N’ibiganiro byari bimaze iminsi irindwi(7), bitegurwa nk’uko bigaragara mw’itangazo ry’uriya mutwe wa M23. Bikaba byatangiye ahagana Isaha za saasita (12:00pm), z’igicamunsi biza gusoza igihe c’isaha z’u mugoroba.

Mw’ijambo rya perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yabwiye abari bitabiriya yababwiye ko mugihe leta ya Kinshasa yakomeza gukinisha imbunda bo bazakomeza gufata ibice bikaze.

Yagize ati: “Niba Kinshasa i komeje kwibeshya ko ikibazo cyo mu burasirazuba ki zakemurwa n’imbunda tuzabatsinda mu buryo bwa gisirikare. Kandi nibakomeza gutsimbarara ko batazakorana na M23 ibiganiro tuzabereka ko twe tudakina.”

Perezida Bertrand Bisimwa, yakomeje agira ati: “Dufite uburenganzira bwo kubaho mu bwumvikane kandi tukabaho nkabandi. Birazwi ko leta ya Tshisekedi irimo gukora Genocide yokurya abantu.”

Abivuze mugihe byavuzwe ko abasirikare bo mungabo za FARDC bishwe bazira uko baremwe bazira ubwoko bwabo Abatutsi bamwe muribo inyama zabo byagiye bigaragara aba bishe barimo kuzirya. Nyuma yo kubatwika nka Major Joseph Kaminzobe, wiciwe i Lweba, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yishwe atwitswe, mu mwaka wa 2021 barangije bafata inyama ze bakazirya nk’uko byarimo bigaragara bofotora bakoresheje video.

Nimugihe kandi leta ya Kinshasa kw’ica Abatutsi bari mu gisirikare ca FARDC muriy’iminsi bimaze gufata indi ntera. Aho undi musirikare wo mungabo za FARDC aheruka kwicwa ba mutwitse, i Goma, tariki 09/11/2023, azira ubwoko bwe Abatutsi.

Muyandi magambo yavuzwe muriki kiganiro cya bereye i Bunagana (press conference), byavuzwe ko TSHISEKEDI, kuba adashaka ko imirwano ihagarara mu burasirazuba bwa RDC ko yoba ari mu mikino kugira ngo amatora yigizwe inyuma maze akomeze kuba kubutegetsi, i Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Mu kiganiro cyabereye i BunaganaPerezida w'u mutwe wa M23Yahishuriye Isi ko leta ya Kinshasa ko irimo gukora Genocide yo kurya abantu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Tshisekedi, ngoyaba yaramaze gucyamo igihugu n'ibyavuzwe n'umusenguzi nyuma y'uko Tshisekedi, atangaje ko Masisi na Rutsuru bitazabamo Amatora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?