Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, mu kiganiro cyabereye i Bunagana yahishuriye Isi ko leta ya Kinshasa, irimo gukora Genocide yo kurya abantu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 18/11/2023, i Bunagana ahazwi nka gace gakomeye mubice u mutwe wa M23 wambuye ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo n’abafatanya bikorwa babo, habereye ibiganiro bikaze byari byatumiwe mo abanyamakuru batandukanye bavuye hirya nohino kw’Isi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

N’ibiganiro byari bimaze iminsi irindwi(7), bitegurwa nk’uko bigaragara mw’itangazo ry’uriya mutwe wa M23. Bikaba byatangiye ahagana Isaha za saasita (12:00pm), z’igicamunsi biza gusoza igihe c’isaha z’u mugoroba.

Mw’ijambo rya perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yabwiye abari bitabiriya yababwiye ko mugihe leta ya Kinshasa yakomeza gukinisha imbunda bo bazakomeza gufata ibice bikaze.

Yagize ati: “Niba Kinshasa i komeje kwibeshya ko ikibazo cyo mu burasirazuba ki zakemurwa n’imbunda tuzabatsinda mu buryo bwa gisirikare. Kandi nibakomeza gutsimbarara ko batazakorana na M23 ibiganiro tuzabereka ko twe tudakina.”

Perezida Bertrand Bisimwa, yakomeje agira ati: “Dufite uburenganzira bwo kubaho mu bwumvikane kandi tukabaho nkabandi. Birazwi ko leta ya Tshisekedi irimo gukora Genocide yokurya abantu.”

Abivuze mugihe byavuzwe ko abasirikare bo mungabo za FARDC bishwe bazira uko baremwe bazira ubwoko bwabo Abatutsi bamwe muribo inyama zabo byagiye bigaragara aba bishe barimo kuzirya. Nyuma yo kubatwika nka Major Joseph Kaminzobe, wiciwe i Lweba, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yishwe atwitswe, mu mwaka wa 2021 barangije bafata inyama ze bakazirya nk’uko byarimo bigaragara bofotora bakoresheje video.

Nimugihe kandi leta ya Kinshasa kw’ica Abatutsi bari mu gisirikare ca FARDC muriy’iminsi bimaze gufata indi ntera. Aho undi musirikare wo mungabo za FARDC aheruka kwicwa ba mutwitse, i Goma, tariki 09/11/2023, azira ubwoko bwe Abatutsi.

Muyandi magambo yavuzwe muriki kiganiro cya bereye i Bunagana (press conference), byavuzwe ko TSHISEKEDI, kuba adashaka ko imirwano ihagarara mu burasirazuba bwa RDC ko yoba ari mu mikino kugira ngo amatora yigizwe inyuma maze akomeze kuba kubutegetsi, i Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Mu kiganiro cyabereye i BunaganaPerezida w'u mutwe wa M23Yahishuriye Isi ko leta ya Kinshasa ko irimo gukora Genocide yo kurya abantu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Tshisekedi, ngoyaba yaramaze gucyamo igihugu n'ibyavuzwe n'umusenguzi nyuma y'uko Tshisekedi, atangaje ko Masisi na Rutsuru bitazabamo Amatora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?