• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Rwanda, mu nama ya SADC na EAC yagaragaje ukuri ku ntambara ibera muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 8, 2025
in Regional Politics
0
Iby’inama ya EAC na SADC i Dar es Salaam muri Tanzania.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Rwanda, mu nama ya SADC na EAC yagaragaje ukuri ku ntambara ibera muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko igihugu cye kidateze kuzemera ko Repubulika ya demokarasi ya Congo igicecekesha, ngo kuko iki gihugu gikomeje guteza umutekano muke u Rwanda.

Nibyo yagarutseho kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08/02/2025, mu nama yahuje abakuru b’ibihugu n’abaje bahagarariye ibihugu byabo bo muri Afrika y’iburasirazuba, EAC n’Abibigize umuryango w’ubukungu n’iterambere ry’ibihugu bya Afrika y’Amajy’epfo, SADC, ikaba yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania.

Muri iyi nama perezida Paul Kagame yavuze ko RDC idashobora gucecekesha u Rwanda ku bijyanye no kubungabunga umutekano warwo.

Yagize ati: “Congo Kinshasa ntishobora kutubwira gusa guceceka mu gihe barimo gutera ikibazo cy’umutekano muke ku Gihugu cyacu. Ntawe ushobora kutubwira ngo duceceke.”

Uyu mukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze ko abayobozi ba RDC n’ab’u Rwanda bagiye bavugana kenshi ku bibazo ngo bikemurwe ariko RDC ntibyumve.

Ati: “Twasabye RDC n’abayobozi bayo kuva kera, twagiye tuvugana ku kibazo cy’umutekano kandi tugasaba RDC kubikemura, ariko bakabyanga. Ntidushobora gusa n’abakanda cyangwa bagorara ibibazo. Ibibera ahari intambara ishingiye ku moko imaze igihe kinini itangiye, ihakana uburenganzira bw’amuntu hanyuma ikibasira u Rwanda. Ugomba kumenya uburenganzira bw’amuntu kandi ugatera intambwe ugakemura ikibazo.”

Perezida Paul Kagame yavuze kandi ko iyi nama ya SADC na EAC ikwiye kuba inzira nziza yo gutanga ibisubizo bihamye.

Ati: “Reka dukoreshe iyi nama mu buryo buzirikana ibyo bibazo byose, kandi tubone igisubizo kirambye.”

Yasobanuye kandi ko intambara ibera muri RDC, iki gihugu kiyishyira ku bandi ariko ko u Rwanda nta ruhare ruyifitemo.

Ati: “Iyi ntambara yatangijwe na RDC kandi nta kintu na kimwe cyaturutse ku Rwanda. Yarazanywe gusa iduterekwaho, maze dusabwa kuyigerekaho. Ntidushobora kuyigerekaho. Nta kibazo kirimo.”

Tags: EACRdcRwandaSADC
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Yasohotse bisanzwe ntiyagaruka,” ibivugwa n’abari i Nyangezi.

Yasohotse bisanzwe ntiyagaruka," ibivugwa n'abari i Nyangezi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?