• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Rwanda, mu nama ya SADC na EAC yagaragaje ukuri ku ntambara ibera muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 8, 2025
in Regional Politics
0
Iby’inama ya EAC na SADC i Dar es Salaam muri Tanzania.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Rwanda, mu nama ya SADC na EAC yagaragaje ukuri ku ntambara ibera muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko igihugu cye kidateze kuzemera ko Repubulika ya demokarasi ya Congo igicecekesha, ngo kuko iki gihugu gikomeje guteza umutekano muke u Rwanda.

Nibyo yagarutseho kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08/02/2025, mu nama yahuje abakuru b’ibihugu n’abaje bahagarariye ibihugu byabo bo muri Afrika y’iburasirazuba, EAC n’Abibigize umuryango w’ubukungu n’iterambere ry’ibihugu bya Afrika y’Amajy’epfo, SADC, ikaba yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania.

Muri iyi nama perezida Paul Kagame yavuze ko RDC idashobora gucecekesha u Rwanda ku bijyanye no kubungabunga umutekano warwo.

Yagize ati: “Congo Kinshasa ntishobora kutubwira gusa guceceka mu gihe barimo gutera ikibazo cy’umutekano muke ku Gihugu cyacu. Ntawe ushobora kutubwira ngo duceceke.”

Uyu mukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze ko abayobozi ba RDC n’ab’u Rwanda bagiye bavugana kenshi ku bibazo ngo bikemurwe ariko RDC ntibyumve.

Ati: “Twasabye RDC n’abayobozi bayo kuva kera, twagiye tuvugana ku kibazo cy’umutekano kandi tugasaba RDC kubikemura, ariko bakabyanga. Ntidushobora gusa n’abakanda cyangwa bagorara ibibazo. Ibibera ahari intambara ishingiye ku moko imaze igihe kinini itangiye, ihakana uburenganzira bw’amuntu hanyuma ikibasira u Rwanda. Ugomba kumenya uburenganzira bw’amuntu kandi ugatera intambwe ugakemura ikibazo.”

Perezida Paul Kagame yavuze kandi ko iyi nama ya SADC na EAC ikwiye kuba inzira nziza yo gutanga ibisubizo bihamye.

Ati: “Reka dukoreshe iyi nama mu buryo buzirikana ibyo bibazo byose, kandi tubone igisubizo kirambye.”

Yasobanuye kandi ko intambara ibera muri RDC, iki gihugu kiyishyira ku bandi ariko ko u Rwanda nta ruhare ruyifitemo.

Ati: “Iyi ntambara yatangijwe na RDC kandi nta kintu na kimwe cyaturutse ku Rwanda. Yarazanywe gusa iduterekwaho, maze dusabwa kuyigerekaho. Ntidushobora kuyigerekaho. Nta kibazo kirimo.”

Tags: EACRdcRwandaSADC
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Yasohotse bisanzwe ntiyagaruka,” ibivugwa n’abari i Nyangezi.

Yasohotse bisanzwe ntiyagaruka," ibivugwa n'abari i Nyangezi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?