Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yagize icyavuga ku Nama, irikubera i Addis Ababa, yiga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yagize icyavuga ku Nama, irikubera i Addis Ababa, yiga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikibazo cy’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyizwe mu Nama y’u muryango w’Afrika yunze ubumwe igira iya 37.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni mu Nama igira iya 37 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Afrika yunze ubumwe (AU) yari i ddis Abeba muri Ethiopia, ahari icyicaro cyuwo muryango.

Ibi bazo byingenzi byigiwe muri iyo Nama y’iminsi ibiri, harimo imvururu shingiro z’i bihugu bigize uwo muryango, nk’ibibazo byo guhirika ubutegetsi (Coup d’etat), ibyo byagiye biba muri iyi myaka ya vuba mu bihugu bigize uyu muryango w’Afrika.

Iy’i Nama kandi ya 37 y’abakuru b’ibihugu bigize uy’u muryango, hajemo n’ikibazo cy’umutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Sudani, Somalia, Akarere ka Sahel, Libiya ndetse n’imvururu ziri mu gihugu cya Senegal, n’ibindi bibazo bya politike.

Ihindagurika ry’ibihe nacyo n’ikibazo kiri kurutunde cyibyigirwa muriyo Nama, no kwigira hamwe uko Afrika yogira ijambo muruhando rwa politike mpuzamahanga cyane cyane mu ishirahamwe ry’ibihugu 20 bitunze gusumba ibindi kw’Isi, G20.

K’u mugoroba wo k’uwa Gatanu tariki ya 16/02/2024, habaye i Nama yihariye yiga ku kibazo cy’u mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC.

Abakuru b’ibihugu bitabiriye iyo Nama yiga ku mutekano muke w’u Burasirazuba bwa RDC, harimo perezida Félix Tshisekedi, João Lourenço, Cyril Ramaphosa, uwa Kenya, William Ruto na Paul Kagame w’u Rwanda.

Bya vuzwe ko perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ko atitabye i Nama yiga ku mutekano muke ukomeje kuzamba muri RDC, ariko bya vuzwe ko yari yamaze kugera i Addis Ababa.

Gusa “abakurikiranira hafi politike ya Congo bavuze ko perezida Evariste Ndayishimiye ko atari akwiye kubura muri iyo Nama yiga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC ngo kuko ingabo ze ziri muri iyo mirwano kuva umwaka ushize.”

Ibyigiwe muri iyo Nama nto, nk’uko ibiro by’u mukuru w’igihugu cya RDC ba bitangaje bakoresheje urubuga rwa X, bavuze ko harimo gusaba ibiganiro byu baka amahoro arambye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kugira ngo umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Congo uhagarare, ndetse no gusaba ko intambara mu Burasirazuba bw’igihugu yo hagarara vuba nabwangu, no gusaba ko M23 yarekura ibice imaze kwigarurira.

Radio ya Bafaransa RFI, yavuze ko muriyo Nama ko perezida Félix Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gufasha M23. Iyo radio ikomeza ivuga ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame ko yi yamye ibyo aregwa.

K’urundi ruhande ushinzwe ku menyesha amakuru mu biro bya perezida Paul Kagame w’u Rwanda, yatangarije RFI ko Perezida Paul Kagame yatanze ubutumwa atarya umunwa, bugira buti: “Nta bwo u Rwanda ruzigera rutinya kuvuga ngo ruheranwe ijambo, oya! cyangwa ngo rusabe imbabazi, igihe cyose u Rwanda ruzakomeza guharanira umutekano wa baturage barwo, kandi ibyo ntiruzabisabira uruhushya.”

“Twabuze abantu barenga miliyoni muri Genocide yakorewe Abatutsi. Nta muntu n’umwe tuzemerera ko adusubiza muri ayo mahano.”

“Ikibazo cya barwanyi ba FDLR no kuba bari hamwe n’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), bigomba gutorerwa umuti.”

“Nta mpamvu rero yo gukomeza impaka no kubeshyana.”

“U Rwanda ruzokomeza inzira ya mahoro n’ingingo zumvikanweho na karere.”

RFI yakomeje ivuga ko kuri uyu wa Gatandatu, hari kuba indi Nama yiga ku mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC, ariko ku itabaye. Gusa, perezida wa Angola João Lourenço, ari nawe muhuza mu makimbirane ya Congo n’u Rwanda, yaje kubonana n’aba kuru b’ibihugu byombi, uwa RDC n’u Rwanda, ariko baganira akanya gato, nk’uko iyo radio yabitangaje.

Nyuma i Nama y’u muryango w’Afrika yunze ubumwe yakomeje, ndetse baganira no ku kibazo cya Hamas na Israel, aho ndetse muriyo Nama hari hatumiwemo minisitiri w’intebe wa Palestine, Mohamed Shtayyeh.

Ibiro ntara makuru bya Bafaransa AFP, bya vuze ko bya bajije umuyobozi mukuru w’u muryango w’Afrika yunze ubumwe niba hari n’umuyobozi wa Israel waba waratumiwe umuyobozi w’Afrika yunze ubumwe asubiza ati: “Israel nti twayitumiye.”

Ibihugu bindi byitabiye iyi Nama y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe, igira iya 37 kandi biri mubihano byuko bahiritse u butegetsi ni Burkina Faso, Gabon, Nigeri, Mali, Gineye na Sudan.

Bruce Bahanda.

Tags: Perezida Paul KagameU RwandaUmutekano w'u Burasirazuba bwa RDCYagize icyavuga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa perezida Joe Biden, bwasabye Kinshasa na Kigali kuganira no guhagarika gutera inkunga imitwe y’itwaje imbunda.

Ubutegetsi bwa perezida Joe Biden, bwasabye Kinshasa na Kigali kuganira no guhagarika gutera inkunga imitwe y'itwaje imbunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?