Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

PerezidaTrump yagaragaje ko ayoboye Isi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 29, 2025
in World News
0
U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yagaragaje ko ayoboye Isi.

You might also like

Hamenyekanye amabanga akomeye Israel iziranyeho na Amerika ku gitero giheruka .

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yavuze ko usibye kuba ayoboye igihugu cye cya Amerika anayoboye Isi yose, anavuga ko iyi manda imushimisha ugereranyije niya mbere.

Perezida Trump yabigarutseho ubwo yarimo yizihiza amezi atatu amaze k’u butegetsi muri iyi manda ye ya kabiri.

Yagize ati: “Muri manda ya mbere nacunganaga n’ibintu bibiri gusa: kuyobora Amerika no gucungana n’imibereho gusa. Ariko muri iyi manda ya kabiri ndayobora Amerika n’isi yose.”

Uyu mukuru w’iki gihugu cy’igihangange ku isi yavuze ko bitandukanye no mu bihe byashyize, ubu yishimira gukora inshingano zirimo ibikorwa bifite ingufu.

Muri iki kiganiro na The Atlantic, yanabajijwe niba ashobora kuziyamamariza manda ya gatatu, undi nawe asubiza ko ntabyo ashaka ngo nubwo ari ikintu gikomeye, ariko ko kandi bigoranye ku bigeraho.

Tags: IsiTrumpUyoboye
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Hamenyekanye amabanga akomeye Israel iziranyeho na Amerika ku gitero giheruka .

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Hamenyekanye amabanga akomeye Israel iziranyeho na Amerika ku gitero giheruka . Igitero cya gisirikare gikaze Israel iheruka ku gaba muri Iran kikagwamo abayobozi ba gisirikare ba Iran ngo...

Read moreDetails

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yasuye mu gace Iran yarashemo k'i Tel Aviv muri Israel, agera aho ibisasu byaraye bisenyaguye. Abantu icumi...

Read moreDetails

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk'igiterabwaba. Mu gihe intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya Israel na Iran, ibihugu byombi kimwe gishinja icyabo kwica...

Read moreDetails

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk'imvura, ibyinshi birapfuba…. Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yayiteyeho ibisasu bibarigwa mu magana, ariko ko ibyinshi muri byo byapfubiye mu kirere. Ubwo...

Read moreDetails

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza. Mu buryo bwo kwihimura, Iran yohereje muri Israel drones zirenga 100 na za misile,...

Read moreDetails
Next Post
Abantu babiri bishwe barashwe i Uvira muri iri joro.

Abantu babiri bishwe barashwe i Uvira muri iri joro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?