• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Pierre Buyoya wabayeho perezida w’u Burundi yashinguwe mu cyubahiro.

minebwenews by minebwenews
July 17, 2024
in World News
0
Pierre Buyoya wabayeho perezida w’u Burundi yashinguwe mu cyubahiro.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Pierre Buyoya wabayeho perezida w’u Burundi yashinguwe mu cyubahiro.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17/07/2024, Pierre Buyoya wigeze kuyobora igihugu cy’u Burundi, yashinguwe nyuma y’imyaka ine apfuye.

Buyoya yayoboye igihugu cy’u Burundi muri manda zibiri, hagati ya 1987 na 1993 ndetse na hagati ya 1996 na 2003.

Yitabye Imana mu mpera z’u mwaka w’ 2020 azize icyorezo cya COVID-19.

Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko umuryango wa Pierre Buyoya wamushyinguye ahitwa i Rutovu mu majyepfo y’iki gihugu cy’u Burundi.

Gusa, Pierre Buyoya ashinjwa kuja kubutegetsi abanje gukubita Coup d’etat Melchior Ndadaye.

Buyoya nyuma y’uko yari amaze gupfa mu 2020, yashinguwe i Bamako muri Mali, mbere y’uko umurambo we utabururwa ukajya gushyinguranwa mu cyubahiro aho basekuruza be bazitse.

Ay’amakuru anavuga ko mbere y’uko umuryango we uvana umubiri wa Buyoya muri Mali babanjye kubisaba leta ya Gitega.

Buyoya yapfuye nyuma yamezi abiri ubutabera bw’u Burundi bwari bwamukatiye igifungo cya Burundu, bumuhamya kugira uruhare mu rupfu rwa Ndadaye. Akaba yari yaneguye ku nshingano yari yarahawe zokuba intumwa nkuru y’umuryango wa Afrika yunze Ubumwe mu karere ka Sahel.

               MCN.
Tags: Mu BurundiPierre BuyoyaYashinguwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Uwafatwaga nk’u mwami w’abarozi, muri teritware ya Fizi, Mwenga na Walungu, yapfuye.

Uwafatwaga nk'u mwami w'abarozi, muri teritware ya Fizi, Mwenga na Walungu, yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?