Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Pierre Buyoya wabayeho perezida w’u Burundi yashinguwe mu cyubahiro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 17, 2024
in World News
0
Pierre Buyoya wabayeho perezida w’u Burundi yashinguwe mu cyubahiro.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Pierre Buyoya wabayeho perezida w’u Burundi yashinguwe mu cyubahiro.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Ni kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17/07/2024, Pierre Buyoya wigeze kuyobora igihugu cy’u Burundi, yashinguwe nyuma y’imyaka ine apfuye.

Buyoya yayoboye igihugu cy’u Burundi muri manda zibiri, hagati ya 1987 na 1993 ndetse na hagati ya 1996 na 2003.

Yitabye Imana mu mpera z’u mwaka w’ 2020 azize icyorezo cya COVID-19.

Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko umuryango wa Pierre Buyoya wamushyinguye ahitwa i Rutovu mu majyepfo y’iki gihugu cy’u Burundi.

Gusa, Pierre Buyoya ashinjwa kuja kubutegetsi abanje gukubita Coup d’etat Melchior Ndadaye.

Buyoya nyuma y’uko yari amaze gupfa mu 2020, yashinguwe i Bamako muri Mali, mbere y’uko umurambo we utabururwa ukajya gushyinguranwa mu cyubahiro aho basekuruza be bazitse.

Ay’amakuru anavuga ko mbere y’uko umuryango we uvana umubiri wa Buyoya muri Mali babanjye kubisaba leta ya Gitega.

Buyoya yapfuye nyuma yamezi abiri ubutabera bw’u Burundi bwari bwamukatiye igifungo cya Burundu, bumuhamya kugira uruhare mu rupfu rwa Ndadaye. Akaba yari yaneguye ku nshingano yari yarahawe zokuba intumwa nkuru y’umuryango wa Afrika yunze Ubumwe mu karere ka Sahel.

               MCN.
Tags: Mu BurundiPierre BuyoyaYashinguwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Uwafatwaga nk’u mwami w’abarozi, muri teritware ya Fizi, Mwenga na Walungu, yapfuye.

Uwafatwaga nk'u mwami w'abarozi, muri teritware ya Fizi, Mwenga na Walungu, yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?