• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Polisi ya Uganda yatanze ubusobanuro ku mugabo wafatanywe uduhanga tw’abantu.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2024
in World News
0
Polisi ya Uganda yatanze ubusobanuro ku mugabo wafatanywe uduhanga tw’abantu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Polisi ya Uganda yatanze ubusobanuro ku mugabo wafatanywe uduhanga tw’abantu.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Igipolisi cya Uganda, binyuze mu muvugizi wacyo, Patrick Onyango yavuze ko umugabo wafatanywe ibihanga by’abantu 24 ko ashobora kuba yabikoreshaga nk’ibitambo, kandi ko ashobora gukatirwa igifungo cya burundu.

Uyu muvugizi w’igipolisi cya Uganda, bwana Godfrey Ddamulira, yavuze ko mu rugo rw’uyu mugabo wafatanywe ibihanga by’abantu, iwe bahasanze kandi ibisigazwa by’inyamanswa n’imibiri y’abantu na byo byasanzwe ahantu uyu mugabo akorera ibye by’u bupfumu.

Anavuga ko aho uwo mugabo akorera ibyo, ari mu nkengero z’u mujyi wa Kampala.

Anamenyesha kandi ko Polisi igikomeje gushakisha ko yabona ibindi bitinditindi uyu mugabo akoresha.

Uyu muvugizi wa Polisi yagize ati: “Turimo kumurega mbere na mbere hashingiwe ku itegeko ryo kwirinda no kubuza gutanga igitambo cy’umuntu kugira ibice by’umubiri w’umuntu n’ibikoresho by’igitambo cy’umuntu.”

Yakomeje agira ati: “Icyaha nikimuhama, azafungwa burundu.”

Godfrey we, avuga ko ari umuvuzi gakondo ndetse ko akoresha imiti rwatsi. Ariko ishyirahamwe ry’abavuzi gakondo muri Uganda ryitandukanyije na we.

Ubu si ubwa mbere hatahurwa ibintu nk’ibi biteye ubwoba muri Uganda mu byumweru bya vuba aha bishize.

Mu kwezi gushize, Polisi yakuye ibihanga 17 by’abantu mu rusengero rwo mu karere ka Mpigi, aha ni mu ntera y’ibirometro hafi 41 uvuye mu mujyi wa Kampala.

Uko gutahura ibihanga, bivugwa ko bifitanye isano n’imihango yo gutanga ibitambo by’abantu.

Abantu bamwe bo mu bihugu byinshi byo muri Afrika bemera ko imbaraga zidasanzwe zivuye mu bice by’umubiri w’umuntu zitera ishaba(zizana amahirwe), nk’urugero kuba umukire, cyangwa umuvumo ku banzi babo.

                 MCN.
Tags: PolisiUgandaumugabo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y’abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.

U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y'abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?