Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Polisi ya Uganda yatanze ubusobanuro ku mugabo wafatanywe uduhanga tw’abantu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 29, 2024
in World News
0
Polisi ya Uganda yatanze ubusobanuro ku mugabo wafatanywe uduhanga tw’abantu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Polisi ya Uganda yatanze ubusobanuro ku mugabo wafatanywe uduhanga tw’abantu.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Igipolisi cya Uganda, binyuze mu muvugizi wacyo, Patrick Onyango yavuze ko umugabo wafatanywe ibihanga by’abantu 24 ko ashobora kuba yabikoreshaga nk’ibitambo, kandi ko ashobora gukatirwa igifungo cya burundu.

Uyu muvugizi w’igipolisi cya Uganda, bwana Godfrey Ddamulira, yavuze ko mu rugo rw’uyu mugabo wafatanywe ibihanga by’abantu, iwe bahasanze kandi ibisigazwa by’inyamanswa n’imibiri y’abantu na byo byasanzwe ahantu uyu mugabo akorera ibye by’u bupfumu.

Anavuga ko aho uwo mugabo akorera ibyo, ari mu nkengero z’u mujyi wa Kampala.

Anamenyesha kandi ko Polisi igikomeje gushakisha ko yabona ibindi bitinditindi uyu mugabo akoresha.

Uyu muvugizi wa Polisi yagize ati: “Turimo kumurega mbere na mbere hashingiwe ku itegeko ryo kwirinda no kubuza gutanga igitambo cy’umuntu kugira ibice by’umubiri w’umuntu n’ibikoresho by’igitambo cy’umuntu.”

Yakomeje agira ati: “Icyaha nikimuhama, azafungwa burundu.”

Godfrey we, avuga ko ari umuvuzi gakondo ndetse ko akoresha imiti rwatsi. Ariko ishyirahamwe ry’abavuzi gakondo muri Uganda ryitandukanyije na we.

Ubu si ubwa mbere hatahurwa ibintu nk’ibi biteye ubwoba muri Uganda mu byumweru bya vuba aha bishize.

Mu kwezi gushize, Polisi yakuye ibihanga 17 by’abantu mu rusengero rwo mu karere ka Mpigi, aha ni mu ntera y’ibirometro hafi 41 uvuye mu mujyi wa Kampala.

Uko gutahura ibihanga, bivugwa ko bifitanye isano n’imihango yo gutanga ibitambo by’abantu.

Abantu bamwe bo mu bihugu byinshi byo muri Afrika bemera ko imbaraga zidasanzwe zivuye mu bice by’umubiri w’umuntu zitera ishaba(zizana amahirwe), nk’urugero kuba umukire, cyangwa umuvumo ku banzi babo.

                 MCN.
Tags: PolisiUgandaumugabo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y’abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.

U Burusiya bwamenye amakuru akomeye y'abarwanyi benshi bari gufasha Ukraine ku rwana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?