• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Politike n’iki? Icyo umusesenguzi avuga kuri Politiki:

minebwenews by minebwenews
May 15, 2025
in Regional Politics
0
Politike n’iki? Icyo umusesenguzi avuga kuri Politiki:
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Politike n’iki? Icyo umusesenguzi avuga kuri Politiki:

You might also like

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Politiki n’ijambo rifite ubusobanuro bwokuyobora abantu ubajana mu cyerekerezo cy’umurongo waya politiki wihaye cyangwa mwihaye.

Ibi, nibyavuzwe na Aimable Sibomana, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital News ku munsi w’ejo ku wa gatatu tariki ya 14/05/2025.

Sibomana yavuze ko iyo wunva ngo umuntu n’umunyapolitike ukwiriye kumenya ko akurikiza umurongo w’icyo ya politiki ishaka kurengera ku gihugu cyangwa mu karere, igihe atawukurikije aba yatatiye igihango mbese aba yananiwe.

Nyuma yahise yinjira mu
nzitizi ushobora kugira muri politiki:
Yagaragaje ko
hari ukuba hari byitambika imbere ya wa murongo mwihaye, icyo gihe ukora ibishoboka byose ukabikuraho ukoresheje uburyo runaka. Yanavuze ko ushobora gukoresha ububasha ufite cyangwa ukabikuraho ukoresheje ubundi buryo wumva butoteza imivurungano.

Sibomana kandi yavuze ko muri politiki ntamwanzi w’ibihe byose ubaho, ngo kuko iyo hagize ushigikira cya cyerekerezo cy’urya murongo wa Politiki mwihaye, muri icyo gihe wa muntu muba inshuti n’ubwo yoba yarasanzwe arumwanzi ukomeye; ubundi kandi ngo mu gihe uwari inshuti nawe akubereye imbogamizi bitewe n’inyungu runaka ararikiye, icyo gihe nabwo ubanza ku mwitaza, kuko aba yabaye igikwazo.

Ariko mu gihe wamaze kwemera kwinjira muri politiki ugomba kwirinda kuvanga umuco n’idini, kuko iyo wabivanze ntumenye kubitandukanya uyobya rubanda nyamwinshi, kuko burya ninko guhuza amavuta n’amazi, nk’uko Sibomana yakomeje abivuga.

Yashimangiye ibi avuga ko mu gihe wamaze kuyinjiramo ugomba kumenya ko uri gukina umukino ugamije gukiza igihugu cyawe no gusenya ibigisubiza inyuma. Umuntu uyigiyemo akwiriye kumenya ko
iyo uyikinye neza icyo gihe witwa intwari kuko wakijije igihugu, ariko wayikina nabi ukacyangiza.

Hano yagaragaje ukuyikina nabi nokuyikina neza:

Avuga ko kuyikina neza ni mu gihe washyize inyungu za rubanda imbere kandi ukazibagezaho koko . Kuko igihe utazabikoragutyo bazasubirinyuma bakuryoze kubasubiza inyuma.

Kuyikina nabi, avuga ko ari ukudashira mungiro ibyo uzaba wariyemeje, maze ugateza ibibazo mu gihugu bikarangira kibayemo amakimbirane.

Icyoba cyiza yemeza ko igihe umuntu wese uyigiyemo akwiriye kubanza kumenyako iwe ubwiwe arigitambo, maze akazaharanira kuzanira abandi agakiza.

Tags: NikiPolitikiUmurongoUmusesengzi
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe Ingabo z’u Burundi (FDNB) zahakanye byeruye ibirego byatanzwe n’abaturage ba Minembwe bibashinja kubafungira amasoko no kugaba ibitero...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w’ejo ku wa mbere.

Rwongeye kwambikana biracika hagati ya FARDC na AFC/M23 muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?