Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Politike n’iki? Icyo umusesenguzi avuga kuri Politiki:

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 15, 2025
in Regional Politics
0
Politike n’iki? Icyo umusesenguzi avuga kuri Politiki:
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Politike n’iki? Icyo umusesenguzi avuga kuri Politiki:

You might also like

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

Politiki n’ijambo rifite ubusobanuro bwokuyobora abantu ubajana mu cyerekerezo cy’umurongo waya politiki wihaye cyangwa mwihaye.

Ibi, nibyavuzwe na Aimable Sibomana, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital News ku munsi w’ejo ku wa gatatu tariki ya 14/05/2025.

Sibomana yavuze ko iyo wunva ngo umuntu n’umunyapolitike ukwiriye kumenya ko akurikiza umurongo w’icyo ya politiki ishaka kurengera ku gihugu cyangwa mu karere, igihe atawukurikije aba yatatiye igihango mbese aba yananiwe.

Nyuma yahise yinjira mu
nzitizi ushobora kugira muri politiki:
Yagaragaje ko
hari ukuba hari byitambika imbere ya wa murongo mwihaye, icyo gihe ukora ibishoboka byose ukabikuraho ukoresheje uburyo runaka. Yanavuze ko ushobora gukoresha ububasha ufite cyangwa ukabikuraho ukoresheje ubundi buryo wumva butoteza imivurungano.

Sibomana kandi yavuze ko muri politiki ntamwanzi w’ibihe byose ubaho, ngo kuko iyo hagize ushigikira cya cyerekerezo cy’urya murongo wa Politiki mwihaye, muri icyo gihe wa muntu muba inshuti n’ubwo yoba yarasanzwe arumwanzi ukomeye; ubundi kandi ngo mu gihe uwari inshuti nawe akubereye imbogamizi bitewe n’inyungu runaka ararikiye, icyo gihe nabwo ubanza ku mwitaza, kuko aba yabaye igikwazo.

Ariko mu gihe wamaze kwemera kwinjira muri politiki ugomba kwirinda kuvanga umuco n’idini, kuko iyo wabivanze ntumenye kubitandukanya uyobya rubanda nyamwinshi, kuko burya ninko guhuza amavuta n’amazi, nk’uko Sibomana yakomeje abivuga.

Yashimangiye ibi avuga ko mu gihe wamaze kuyinjiramo ugomba kumenya ko uri gukina umukino ugamije gukiza igihugu cyawe no gusenya ibigisubiza inyuma. Umuntu uyigiyemo akwiriye kumenya ko
iyo uyikinye neza icyo gihe witwa intwari kuko wakijije igihugu, ariko wayikina nabi ukacyangiza.

Hano yagaragaje ukuyikina nabi nokuyikina neza:

Avuga ko kuyikina neza ni mu gihe washyize inyungu za rubanda imbere kandi ukazibagezaho koko . Kuko igihe utazabikoragutyo bazasubirinyuma bakuryoze kubasubiza inyuma.

Kuyikina nabi, avuga ko ari ukudashira mungiro ibyo uzaba wariyemeje, maze ugateza ibibazo mu gihugu bikarangira kibayemo amakimbirane.

Icyoba cyiza yemeza ko igihe umuntu wese uyigiyemo akwiriye kubanza kumenyako iwe ubwiwe arigitambo, maze akazaharanira kuzanira abandi agakiza.

Tags: NikiPolitikiUmurongoUmusesengzi
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira. Ubushinjacyaha bwo mu Bubiligi bwashyikirijwe ikirego kiregwamo abantu bo mu muryango wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye. Muri iyi nkuru turagaruka ku bihe byagiye biranga umuryane wagiye uba hagati ya...

Read moreDetails

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC. U Rwanda rwagaragaje ko igitangazamakuru cy'Abongereza cya BBC, gikomeje gusigiriza no kwamamaza umutwe w'iterabwoba wa FDLR ugizwe n'abasize bakoze jenocide yakorewe...

Read moreDetails

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Auto Draft

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo. Inzego z'ibanze n'abantu bakuze nibo bahawe uwo mushinga wo kugena abazahabwa ubwenegihugu bwa Uganda, ariko bakazabutanga ku bantu bafite inkomoko...

Read moreDetails

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo. Inzego z'umutekano muri Kenya zafunze imihanda minini zitera n'ibyuka biryana mu maso ubwo zageragezaga gutatanya urubyiruko rwari rwuzuye uburakari...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w’ejo ku wa mbere.

Rwongeye kwambikana biracika hagati ya FARDC na AFC/M23 muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?