
I Kinshasa mumurwa mukuru w’igihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo, tariki 03/03/2023, Président Emmanuel Macron, azasura iki gihugu nkuko tubikesha AFP (Ibiro ntaramakuru bya ba Fransa).
Président Macron, bikavugwa ko kandi afite urugendo azagirira Kuruyu mugabane wa Africa aho bitaganijwe ko azasura Igihugu ca Gabon, Congo Brazzaville ndetse na Angola.
Mugihugu ca Gabon, azahagera tariki 01/03/2023, azaba anitabiriye inama yiga kubijanye no kubungabunga amashamba.
Mugihe muri Congo Kinshasa, ho bivugwa ko azaba agiye gukomeza umubano hagati y’ibihugu byombi ndetse akazanaganira nubuyobozi bw’ikigihugu kubijanye nuburezi.
Uyumugabo uyoboye Igihugu c’Ubufransa ari mubagabo bagize igihe bashakira umutekano mwiza, Republika iharanira democrasi ya Congo, tubibutsa ko yigeze kwicarana na Président w’Urwanda Paul Kagame ndetse na Mugenzi we Félix Tshisekedi, gusa iki kiganiro nta musaruro wavuyemo kuko intambara zarakomeje muburasirazuba bw’iki gihugu .