
President wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yasabye abanyamakuru bo mu gihugu cye kongera ingufu mu kurwanya amakuru y’ibinyoma akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga(Social Media).
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 04.05.2023. Saa 1:55 pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
President wa Republika ya Democrasi ya Congo (RDC), aheruka guhamagarira abanyamakuru bo mugihugu cye ko bakwiye ko ngera ingufu mukurwanya amakuru y’ibinyomamu avuga hejuru y’intambara barimo numutwe w’inyeshamba wa M23, urwanira muburasirazuba bw’ikigihugu cya Congo Kinshasa.
Ibi President Félix Antoine Tshisekedi, yabivuze ubwo yari yatumiwe mubirori byari byateguwe na Minisiteri w’itumanaho mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ubwisanzure bw’itangazamakuru.
Umukuru w’Igihugu ibi yabivuze ashimangira ko amakuru y’ibinyoma ari icyorezo, yagize ati: “Amakuru y’ibinyoma nicyorezo kibangamiye sosiyete yacu muri iki gihe. Gusa Banyamakuru bacyu ndabashimira kuba mukunda igihugu cyanyu.”
President Félix Tshisekedi, yakomeje avuga ko
Abanyamakuru bagiye bagaragaza ubutwari ariko avuga ko ataribose nimugihe harabanyamakuru bafashije leta ya Kinshasa guhangana ningaruka zintambara ikomeje gucya ibintu muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo.
Akaba yarerekanye ko
Igihugu ayoboye RDC iri muntambara ihanganyemo n’icyo yise igitero cyabaturanyi, binyuze mu nyeshyamba za M23.




