• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

President João Lourenço, Wa Angola, Ngwabona Intambara Hagati Ya RDC Na Kigali Itari Hafi.

minebwenews by minebwenews
May 8, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

President wa Angola, João Lourenço, yavuze ko adatekereza ko intambara hagati y’u Rwanda na DRC iri hafi.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 08.05.2023. Saa 4:20 pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

President João Lourenço, ubwo yakoraga ikiganiro kuri radio France 24, yavuze ko afite icyizere ko ibikorwa bye byokunga Ibihugu bibiri Rwanda na Congo Kinshasa, uku kunga kwe kugamije kugarura amahoro mu karere k’iburasirazuba bwa RDC, kandi ko bizatanga umusaruro.

Lourenço, yasobanuye ko umutwe w’inyeshyamba wa M23 kurubu wahagaritse imirwano kandi ko intambwe ikurikira ari iyo kuzana amahoro no kwambura uyumutwe intwaro bagasubira mubuzima bwa gisivile.

Lourenço, kandi yavuze ko Igihugu cye Angola, cyiteguye kohereza abasirikare 500 muri ako karere kugira ngo bagarure amahoro muburasirazuba bwa RDC. Yashimangiye ko igikenewe ubu ari ukwihutisha inzira yibiganiro agaragaza ko abategetsi ba Congo bagikeneye kwitegura byimazeyo iyo ntambwe.

Yavuze ko President w’u Rwanda, Paul Kagame yagize uruhare mu gutuma abayobozi ba Angola baganira n’ubuyobozi bwa M23. Ku bw’ibyo, yavuze ko ibi byerekana ko Kagame yashishikajwe no gufasha kubishakira igisubizo aho gukurura urugomo, nk’uko abayobozi ba Congo babivuze.

President wa Angola yagaragaje ko ahangayikishijwe cyane n’uko ihohoterwa ryiyongera muri Sudani, asaba ko imirwano ihagarara ndetse no gushakisha byihutirwa igisubizo kirambye. Ku bijyanye n’intambara yo muri Ukraine, aha asa nuwitandukanije na President wa Berezile Lula Da Silva, wavuze ko President wa Ukraine ari we nyirabayazana w’intambara ibera muri Ukraine ndetse na President w’Uburusiya Vladimir Putin.

Yashimangiye ko Angola ihitamo cyane kubungabunga ubusugire bw’ibihugu byose, harimo na Ukraine. Yahamagariye Ubushinwa na Amerika gufatanya mu gushaka igisubizo cy’iyi ntambara, avuga ko ibihugu bibiri bikomeye byonyine bifatanyiriza hamwe bishobora kugera kuri iyo ntambwe.

Ku bijyanye n’umukobwa w’uwahoze ari President Eduardo dos Santos Isabel dos Santos, ushinjwa kunyereza umutungo wa Leta ya Lourenço yavuze ko ntacyo atinya niba ntacyo ahishe.

Yavuze ko Interpol itangazo iheruka gushira hanze yavuze ko ifatwa rye ryatanzwe na Interpol, ariko yanga kuvuga niba bizashyirwa mu bikorwa mu minsi ya vuba.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

SADC Summit In Namibia Has Begun, DRC's Security Merely On agenda “ Defence And Political Bodies Participated"

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?