
Inama iriguhuza aba kururu b’ibihugu mugihigu c’Uburundi, President Tshisekedi, niwe uhagaze wa nyuma mugihe abandi bose bahageze kare, Tshisekedi akaba ahageze Muraka kanya.
President wa Congo aje akurikira Mugenzi we wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni , nawe wakurikiye Paul Kagame, w’Urwanda, William Ruto wa Kenya yaje ho gato mbere ya Paul Kagame uwahageze mbere akaba ari Samia Suluhu Hassan wa Tanzia.
Gusa umukuru w’Igihugu ca Sudan yepho SALVA KIIR, niwe wenyine utitabye ibi biganiro kuberako ari kwakira Papa Francis, wahageze ejo hashize.
Biravugwa ko ic’ingenzi cibandwaho ari ikibazo kirihagati ya Paul Kagame na Felix Tshisekedi.
Abasesenguzi bagize ico bavuga kuriki kiganiro cabereye iBujumbura, cahuje aba Presidents b’ibibihugu bigize umuryango wa EAC:
Duhereye Kuri Bwana Me. Kamuhora Jacques, yagize ati:
“Ubundi guhura kwa ba Présidents ba gize umuryango wa EAC nibyiza ndetse nibyi ngenzi cane kuko bari gufasha Reta ya yacu ya Congo, kwi kura mukibazo kiyigizemo lminsi intambara zurudaca zishingiye kumpamvu nyishi ziri mugihugu ariko ndavuga cane kukibazo kiri hagati ya Gvrmt ya Congo numutwe wa M23 reta yita umutwe witerabwoba kandi mberehose reta yari yarakoranye nayo ibiganiro nokwitako ari phase 1 (déroulement de dialogue) de Nairo2 kuko ubwambere bigeze kuganira bitwa groupe armé nyuma inyito irahinduka kandi bari barageze I Kinshasa batanga cahier de charge zabo( lgitabo kirimo ibyo basaba) lyo yarimbanziriza mushinga ( avant projet) yibiganiro bizaganirwaho byategura izindi nama nyuma, rero Reta ntiyaha agaciro icyifuzo cya M23 bituma intambara yongera kubura bakomeza gusaba ibiganiro aho bafatiye Bunagana reta yachu iranga rero niyo mpamvu bigeza aha muburyo bitagifite aho bigarurirwa ngo bicare kumeza yibiganiro rero niyo mpamvu EAC yinjiriyemo nkumuhuza ariko Gvmt ya Congo yanga ibiganiro rero aho bigeze abaturage bakomeje kugira ibibazo byinshi byo guhunga intambara njewe nkaba nosaba Reta kwirengagiza lmpamvu zayo za polique bakaganira kuko abaturage bayo nibo bakomeza kuha girira ibibazo kuko iyo reta ibishobora yari gukoresha lmbaraga za gisirikari agakemura ikibazo ariko turabona nkaho byanze abaturage bakomeje kuva mubyabo Kandi M23 nayo itaretse gukomeza kurwana rero njewe nkumuturage usanzwe mbona reta niwo mubyeyi mukuru nti woharira numwana wawe wabyaye kuko amaherezo yabantu bo muri Nord Kivu bari muri M23 barwanira uburenganzira bwabo nabaturage nanone ba Congo yarikwiriye kubatega amatwi ibyo ishoboye kubakorera basa ikabibakorera nkuko sirimwe sikabiri ikemura ibibazo mugihugu itarinze kwiyambaza ibindi bihugu abahahombera ni reta iri gutakaza uturere turimo abaturage benshi bari guta ibyabo njewe nkumuturage usanzwe mbona ikibazo cya Congo kigomba gukemurwa naba congomani ubwabo. Bacu mugani ngo “Akimuhana kaza imvura ihise”.
Uwitwa M.Bravo, yagize ati: “Dushingiye Kunama zabaye ahatandukanye nka:
1 Nairobi
2 Angola
3 Mubufaransa
4 Inama yariteganijwe muri Qatar ntiyitabirwa na L’État ya Congo
Izi nama zose ziduha inshusho kuko Iyinama iri Bujumbura ntakiyivamo
1 Inama kenshi Ihamagazwa kugirango barebe Amakimbirane ari hagati ya Congo n’Urwanda
Aba kongomani ibo barebera ikibazo kurwanda kand’urwanda narwo rwisobanura Ruvug’Impanvu itez’Invururu hagati yibihugu byombi
Ibi bazo bya M23 ntabwo birureba
2 Congo nayo mubyo Ihagazeho kandi idasubiraho nukwicyarana na M23 kuko ibiri mumasezerano bakoranye ntabwo Congo yapfa kubyigoborera
Erega yitwaza ko M23 ar’umutwe witerabwoba ariko sibyo bavuga gutyo kugirango ntibicharene kugirango baburizemo iby”Amasezerano bagiranye” naho Uwitwa Sokulu we yavuze ko: “Jye ndasenga ngo imishyikirano ireke kuba yuko imyaka yose bayikoze ntacyo yagezeho kubwoko bwacu”.
Naho Ngendahayo, we ati: “Mwavuze byinshi ariko njye uko numva:
- Iyi ntambara koko nubwo dufite uko tuyita twebwe ko ari iyahano hafi, ariko siko biri pe. Intambara yateguriwe kureee kandi biri mumurongo wabayiteguye.
- Tchisekedi nawe arayishimiye rimwe na rimwe kuko, agiye kongerwa igihe cyo kuyobora kuko ntamatora yaba muntambara. Ikindi biratuma hatarebwa bilan yibikorwa yakoreye abakongomani. Nawe ubwe ari mubananiza imishikirano, gusa arakomeza yiyerurutse ko akora ashaka amahoro.
- Bariya bose bari munama bazi amakuru yiriya ntambara, bityo rero barashaka igisa no kumvikana ariko kudatanga igisubizo.
- Ikibazo gikomeye nukuntu ibitekerezo by’abakongomani bidashobora kumenya ahari ikibazo ngo bahakwepe. Nanubu kuma audios zabo baracyatanga ubutumwa bwingengabitekerezo igamije gutsemba abatutsi. Kandi buriya amahanga yo nicyo ashaka kuko niyo mpamvu ifatika ijyana kucyo bifuza”.
Naho Sibomana Gé, yagize ati:
“Erega umubanano wakongo nu Rwanda uzingiye muri M23 n’a FDLR, nonese barahera mukuvuga ngobagarurumtekano M23, itariho ataruko ni distraction gusa”.