• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

President Tshisekedi, yahindutse iciro ry’imigani kumbuga nkoranya mbaga, nyuma yuko areze u Rwanda kuri President Azali Assoumani.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2023
in Uncategorized
3
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

President Félix Antoine Tshisekedi, yahindutse urwenya mu bakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kugirira uruzinduko mu Birwa bya Comores ndetse akumvikana mu mvugo isa n’irega u Rwanda kuri President w’iki gihugu, Azali Assoumani.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Tariki 09.02.2023 nibwo Président Tshisekedi yakiriwe na mugenzi we w’Ibirwa bya Comores, Azali Assoumani mu Murwa Mukuru i Moroni.

Ibiganiro by’aba bakuru b’ibihugu byombi byibanze ku bibazo by’umutekano muke hirya no hino muri Afurika by’umwihariko mu Karere k’Ibiyaga Bigari.

Ni uruzinduko rwabaye nyuma y’izindi nyinshi Président Félix Tshisekedi amaze iminsi agirira hirya no hino ku Isi. Nk’uko asanzwe abigenza, benshi bari bategereje kumva icyo ari buvuge k’u Rwanda ashinja gushyigikira umutwe wa M23.

No kuri iyi nshuro, Tshisekedi ntiyihishiriye kuko yongeye kumvikana mu mvugo yibasira u Rwanda ndetse asa n’ururegera mugenzi we wa Comores, Azali Assoumani.

Mu mvugo yuje agahinda, President Tshisekedi yavuze ko kwakirwa na Azali Assoumani yabikoresheje nk’amahirwe yo kumwereka ubushotoranyi igihugu ce gikomeje gukorerwa n’u Rwanda.

Ati “Nakoresheje aya mahirwe mu kuvuga ku gihugu cyanjye, akarengane n’intambara y’ubunyamaswa dukomeje kugabwaho n’u Rwanda. Sinjya mfusha ubusa amahirwe yo kubivuga. Mfite icyizere ko mukuru wanjye uri hano azamfasha kugarura amahoro.”

Abumvise iyi mvugo ya Président Tshisekedi basigaye bibaza ubushobozi abona muri mugenzi we wa Comores ku buryo ashobora kumuregera ikindi gihugu. Mu by’ukuri Tshisekedi abona uyu mugabo nk’uzaba ufite ijambo rikomeye muri Afurika mu minsi iri imbere.

President Azali Assoumani ahabwa amahirwe yo kuzasimbura Président wa Sénégal, Macky Sall ku ntebe yo kuyobora Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika.

Biteganyijwe ko uyu mugabo azimukirwa mu Nteko Rusange ya 26 y’uyu muryango izabera Addis Ababa tariki 18-19 mukwa kabiri, uyumwaka 2023.

Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru, Président Azali Assoumani, ntiyaciye ku ruhande ubu bushobozi Tshisekedi ndetse yerura ko yari yaje kumwizeza ko azamushyigikira.

Ati “Yaje ( Président Félix Tshisekedi) kunyizeza ubufatanye bwe no kunshyigikira. Twaganiriye ku bibazo by’umutekano muke muri Afurika. Ntitwabashije kwihanganira kutavuga ku mirwano iri mu Karere k’Ibiyaga bigari, twabivuzeho ariko tunaganira ku mubano w’ibihugu byombi.”

Benshi barimo n’Umuvugizi wa leta ya Kigali, Yolande Makolo bagaragaje ko imyitwarire ya Tshisekedi yo kujya gushakira ibisubizo bya RDC ikantarange idakwiriye.

Ati “Umuyobozi w’Imitwe yitwaje intwaro itemewe irenga 130 irimo na FDLR yagize uruhare muri Genoside asaba buri wese uretse we kuzana amahoro mu gihugu ce.”

Kutemera iyi myitwarire ya Tshisekedi kandi byagaragaye mu bakoresha imbuga nkoranyambaga cane cane Twitter.

Uwitwa Jospeh yagize ati “Ni umwana wiriza.”

Iyi myitwarire y’abayobozi ba Congo yo kwirengagiza inshingano bafite mu kugarura amahoro kandi, iri mu byagarutswe na Président Paul Kagame mu kiganiro yagiranye na RBA, mumwaka wa 2022.

Président Kagame yavuze ko ibirego RDC ishinja u Rwanda byo gushyigikira Umutwe wa M23 nta shingiro bifite ahubwo iki gihugu gishyigikira FDLR ihungabanya umutekano w’u Rwanda.

Président Paul Kagame yakomeje avuga ko mu bihe bitandukanye Congo yagiye yitwara nk’umwana warezwe nabi(bajeyi).

Ati “Ikindi kibazo ni uko Congo kuva mu myaka yashize kugeza ejobundi bagenda bitwara nk’umwana warezwe nabi, bateza ibibazo bikarangira biriza! basakuza bavuga ngo hari umuntu uri kubakorera ibintu bibi kandi bisa nkaho hari igice c’Isi kigenda kibogamira kuri RDC, ndetse no mu gihe aribo bari mu makosa

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Makerere univester ishuri riri Mumakaminuza muri Africa akomeye yashizeho amabwiriza mashashya.

Comments 3

  1. Bruce Bahanda says:
    3 years ago

    Tshisekedi yabuze umuntu umugira inama, ariko nawe yogize ubwenge.

  2. Sibomana aimable says:
    3 years ago

    Hhhhhh président Félix we yabuze ico akora gusa reka turebeko abana bahetse isezerano bazadukura mumafuti yubutegetsi bwa Kinshasa

  3. Mandera says:
    3 years ago

    Ese umuntu ananirwa kwirindira igihugu ngwategereje umutekano kuri rubandi mureke Azapata

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?