Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Président Wa Leta z’Unze Ubumwe Za America, Joe Biden, Yagaragaye Yaguye Hasi Ubwo Bari Mukirori.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Leta z’Unze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yafashijwe nyuma yo kugwahasi ubwo bari mu muhango(Ikirori), wo gutanga impamyabumenyi mu ishuri ry’ingabo zirwanira mu kirere muri uyu muhango ukaba wari wabereye mu majyaruguru ya Colorado homu ntara ya Kolorado.

You might also like

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

Biden, numusaza ufite imyaka 80, ubwo yagwaga hasi yaramaze Kugeza ijambo ku banyeshuri barangije mu ishuri rya gisirikare, akaba ndetse yaramaze no guhana amaboko numusirikare umwe mubarangije kuriryoshuri, mugihe yarasubiye mucyicaro cye ahita agwahasi, nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Daily Monitor.

Biden bivugwa ko ashaje cyane ariko kandi arashaka manda ya kabiri mu matora azaba 2024, yumukuru w’igihugu muricyo gihugu cya USA. Hari Raporo iheruka gutangwa n’umuganga wemewe muri uyu mwaka mugihugu ca USA yatangaje ko Biden, afite ubuzima bwiza kandi ko akora imyitozo buri gihe.

Mumakuru yatanzwe n’ikinyamakuru cya AFP, Cyo cyavuze ko Perezida Joe Biden yikubise hasi nyuma yuko yaramaze gukandagira arahimirana kuri stage ubwo bari mukirori cya banyeshuri b’Ingabo zirwanira mu kirere muri leta ya Colorado, ariko nyuma yubwo yagaraye asetsa abari mukirori.

Umuyobozi ushinzwe itumanaho muri White House, Ben LaBolt, yanditse ku rubuga rwa twitter nyuma gato ati “Perezida Biden ameze neza. Aho yikibise hasi kuri stage hari umufuka wumucanga ubwo yari arimo ahana ibiganza awunyereraho, Niko kugwahasi.”

Nta kimenyetso cyerekana ko yakomeretse nkuko iyinkuru ikomeza ibivuga.

Tags: BidenIkiroriYaguye Hasi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails

Iby’indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake.

by Bruce Bahanda
February 26, 2025
0
Iby’indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake.

Iby'indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake. Ni indwara itaramemyekana aho imaze guhitana abarenga 50, mu majyaguru y'uburengerazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails
Next Post

Joe Biden Says Sweden Will Soon Join NATO.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?