
Président w’umutwe wa M23, yamaganye Ubwicanyi bukorerwa Abahema muntara ya Ituri muri Republika iharanira democrasi ya Congo.
Ubwicanyi ndenga kamere, bukomeje kwibasira abo mu bwoko bwa Bahema muri province ya Ituri muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo, aho bamwe basigaye bicwa batemaguwe abandi bagatwikwa mumuriro igisirikare ciki gihugu kirebera.
Leta ya Kinshasa, iyobowe n’a Président Félix Antoine Tshisekedi, ivugako iharanira ubuzima numutekano wabaturage bico gihugu, bikaba bikukunzwe kuvugwa na Patrick Muyaya, umuvugizi wiyi leta.
Umuyobozi w’umutwe wa M23, Bwana Bertrand Bisimwa, akoresheje urukuta rwa Twitter ye aharejo, kuwagatanu tariki makumbyabiri n’a kane ukwezi kwa kabiri umwaka wa 2023, yanditse ko leta ya Kinshasa iyobowe n’a Président Antoine Félix Tshisekedi, ko ifite uruhare mwiyicwa rubozo, rikorerwa abomubwoko bwa baTutsi muri Ituri, aho bicwa nimitwe yitwaje intwaro ieimo FDLR, CODECO n’a MaïMaï Nyatura, ibi biba abasirikare ba leta ya Congo Kinshasa, barebera ntigire ico babikoraho ahubwo igafatikanya niyo mitwe mukumaraho abaturage bomubwoko bwa b’Ahema(Tutsi).
Bertrand Bisimwa Président wa M23, uyumunsi kandi kuwagatandatu yashizeho kurukuta rwiwe rwa Twitter i photo yumuntu womubwoko bwa Bahema, watwitswe aharejo, iyi Photo Bertrand Bisimwa, yayanditse ho agira ati: “Uyu Muhema, watwitswe agatemwa amaboko numutwe, ntabwo ari accident yahuye nayo ahubwo ni Genocide irigukorwa na CODECO yamwiciye aho bacukura amabuye yagaciro (Camp Blanquette) ejo kuwagatanu kuminsi 24/02/2023 na saa kumi zumugoroba.”
Nanone aya magambo yavuze yakurikiye andi yatanze umunsi wejo yamagana urupfu rwabandi bagore batatu bishwe batemaguwe na CODECO, bagiye mumurima gushakira abana babo ibyokurya i Batchongo muri chefferie Bahema Badjere /Djugu kuwa kabiri.
Raporo (Rapport) yimpuguke za l’Oni iheruka nayo yemeza ko ab’Atutsi bicwa rubozo muri Kivu ya Majyaruguru ni yepho, l’Oni iragaragaza ko ifite impungenge namagambo abanyecongo bakunze gukoresha mugutuka Tutsi(Abanyamulenge).
Abatutsi muri Kivu ya majyepho bagiye bicwa na basirikare ba Fardc, mubice bya Minembwe ho muri Territory ya Fizi ndetse na Itombwe.
M23 nitabare abahema ingazo Imana yatoranije kuzagarura Amahoro muri congo
Ingabo Imana Imana yatoranije
Very good article. I definitely appreciate this website. Keep writing!