• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

President Yoweli Kaguta Museveni, Yinjiye Mukiruhuko Nyuma Yuko Atowemo Ibimenyetso Bya COVID-19.

minebwenews by minebwenews
June 8, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

President Museveni araza gutangira ikiruhuko nyuma yuko bamutoyemo Covid-19.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 08.06.2023, saa 2:40pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wagatatu tariki 7.06.2023, President Museveni yagejeje ijambo kubanyagihugu ba Uganda ubwo bari mu birori byabereye Kololo.

Bwana Museveni, ufite imyaka 78, yavuze ko “Yagize amakenga cyane kuri corona” ariko ko aherutse kubanza kureka agapfukamunwa kuko byamuteraga allergique mu maso no mu muhogo.

Mu kwezi gushize, umuyobozi w’umuryango w’abibumbye wita ku buzima bwabantu (OMS) Tedros Adhanom Ghebreyesus yatangaje ko Covid-19 ari kintu kiza nk’impanuka kandi ko kigomba kuvugwa byihuse.

President Museveni ubwo yari mukirori yavuze ko yafashe “ikiruhuko ku gahato” cyiminsi ibiri (8 na 9, yukwezi kwa 6), imirimo ye akaba yayirekeye Minisitiri w’intebe, Robinah Nabbanja, abikoze nyuma yuko yipimishije bakamusangana Covid-19.

President Yoweli Kaguta Museveni, yagize ati: “Muribuka igihe natakaje amajwi kabiri mu gihe cy’amatora? Ibyo biri mubyatumye ngira iyi allergie. Mfite rero ikiruhuko cya kabiri ku gahato mu myaka 53 ishize, kuva 1971, igihe twatangiraga kurwanya Idi Amin. Ikindi gihe, ni igihe nagize ikibazo cya sinus byansabaga kuryama.”

Museveni uri ku butegetsi kuva mumwaka wa 1986, ibi yabyanditse kuri Twitter ye kuruyu wa kane.

Gusa Dr Atwine, yatangaje ko President Museveni ko ahagaze neza kandi ko afite ubuzima bw’iza.

Minisitiri w’intebe Robinah Nabbanja yavuze ko Museveni, ufite imyaka 78, ko ku wa kabiri aribwo yagaragaje ko afite ibimenyetso by’ibicurane byoroheje ariko ko akibifite ngo kandi ntibimubujije gukomeza gukorera igihugu cye.

Yagize ati “Ejo mu gitondo, nabonye afite ibimenyetso byoroheje bisa n’ibicurane muri rimwe mw’izru ry’iburyo. Nibwo nahamagaye abaganga baza kumufataho ibizamini. Bafashe ibizamini byihuta muburyo butatu(3).

Iki cyemezo kibaye nyuma y’uko komite yigenga ku kibazo cya COVID-19 yemeje ko iyindwara itakiriho ariko ko kandi idashizeho mbese yimuriwe murundi rwego rwohejuru.

Ariko akaga ntikarangiye nk’uko Tedros abitangaza ngo Covid yishe abantu “Byibuze miliyoni 20” – bikubye inshuro zitatu impfu zigera kuri miliyoni zirindwi.
Ati: “Iyi virusi iri hano kugira ngo igumeho. Iracyica, kandi iracyahinduka”.
“Nindwara mbi cyane kuri buri gihugu. Icyabantu bakora ni ugukoresha aya makuru nk’impamvu yokugira ngo bataja kwiyandarika, kandi ba kohereza ubutumwa kunshuti ko Covid-19 ihangayikishije.”

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima bwabantu ryatangaje bwa mbere icyiswe ubuzima rusange bw’impungenge z’amahanga (PHEIC) tariki 30.01.2020.
Ibyo byari mubyumweru bya nyuma yuko indwara nshya ya virusi itangajwe yamenyekanye bwa mbere mu Bushinwa kandi yishe abantu batageze ku 100 kandi nta bantu bapfuye bari hanze y’iyo ntara yagaragayemo iyo Virus.

Iyinkuru tuyikesha Daily Monitor.

Tags: COVID-19IkiruhukoMuseveniOMS
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

DRCONGO: E.U Possibilities For The Deployment Of En Electoral Observation Mission In RDC Are Assessed.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?