• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Abayobozi bashya muri FARDC batangiye inshingano.

minebwenews by minebwenews
January 6, 2025
in Regional Politics
0
RDC: Abayobozi bashya muri FARDC batangiye inshingano.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Abayobozi bashya muri FARDC batangiye inshingano.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, abayobozi bakuru mu gisirikare cy’iki gihugu barimo n’umugabo mukuru w’ingabo zacyo bakoze ihererekanya bubasha.

Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 06/1/2025 ni bwo habaye ihererekanya bubasha hagati ya Jenerali Christian Tshiwewe Songesa na Lt.Gen Jules Banza wa musimbuye.

Gen. Tshiwewe wasimbuwe yari amaze imyaka irenga ibiri ari umugaba mukuru w’ingabo za Congo (FARDC).

Amakuru ava i Kinshasa yemeza ko muri uwo muhango na perezida Félix Tshisekedi yari awurimo, aho yaravuye muruzinduko yagiriye ahar’ejo i Doha muri Qatar.

Ni uruzinduko rwari rugamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ibiro by’umukuru w’iki gihugu cya RDC.

Si i Kinshasa gusa habaye umuhango w’ihererekanya bubasha, kuko n’i Lubambashi byakozwe aho Lt.Gen Pacifique Masunzu yabisikanyije n’uwamusimbuye kuyobora zone ya kabiri.

Tubibutsa ko Lt Gen Jules Banza Mwilambwe wahawe kuba umugabo mukuru w’ingabo za RDC ni umusirikare bivugwa ko yatojwe neza, kandi ko ari umusirikare uzwiho kwicisha bugufi kuburyo azamenya ibibazo biri mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ni mu gihe kandi Lt Gen Pacifique Masunzu wahawe kuyobora zone ya gatatu irimo n’u Burasirazuba bw’iki gihugu avuka muri Kivu y’Amajy’epfo.

Hagataho imirwano irakomeje mu Ntara ya Kivu Yaruguru hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Uyu mutwe wa M23 ukaba ukomeje kwigarurira ibice byinshi mu buryo budasanzwe. Ku wa gatanu w’iki Cyumweru dusoje, uyu mutwe wigaruriye centre ya Masisi, ndetse n’ibindi bice biherereye muri teritware ya Masisi.

Tags: FardcIhererekanya bubashaKinshasa
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri w’intebe wa Canada agiye kwegura.

Minisitiri w'intebe wa Canada agiye kwegura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?