Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 15, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.

You might also like

Uduce tubiri two muri Kivu y’Epfo twabereyemo imirwano ikomeye.

Ingabo za Congo za teye mu ijoro mu bice by’i Mulenge zakubiswe ahababaza.

Goma: Bintou Keita yahuye n’abayobozi ba AFC/M23.

Amakuru ava i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahakunze kugabwa ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Congo, kuri ubu hari agahenge nubwo katizewe cyane, nyuma y’aho hamenyekanye ibyo umwanzi waho ari kuhapangira.

Ni amakuru MCN ikesha abaturiye turiya duce mwanzi akunze kugabamo ibitero tw’i Mulenge. Bavuga ko baramutse amahoro ariko ko umwanzi ari gucura imigambi mibi yo kubatera.

Babwiye Minembwe Capital News ati: “Rugezi, Minembwe centre na Mikenke, abantu bose bakinguye birakunda.”

Buriya butumwa bwabo bwanditse bwakomeje bugira buti: “Nubwo iwacu tubyutse amahoro, ariko turi ku motaringa ibyombo by’ihuriro ry’Ingabo za Congo ririmo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo. Tukumva bari gucura imigambi yo kutugabaho ibitero.”

Ni ibitero ndetse abenshi baturiye Kalingi na Mikenke baraye bazi kobari bubigabweho mu rukerera rwo kuri iki cyumweru. Hari nyuma y’uko bari babwiwe ko ubatera yikisunyirije mu nkengero zutu duce.

Ibitero bikomeye byaherukaga mu ntangiriro z’iki cyumweru mu Rugezi, aho ingabo za Congo zabigabye ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, ariko iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya AFC, ibisubiza inyuma.

Ikindi gitero kidakanganye cyagabwe muri Bicumbi mu gitondo cy’aharejo ku wa gatandatu, na cyo Twirwaneho igisubiza inyuma.

Ibi bitero ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zibikora mu rwego rwo kugira ngo ruhunganye umutekano w’Abanyamulenge no kunyaga Inka zabo.

Tags: I MulengeIbitero
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uduce tubiri two muri Kivu y’Epfo twabereyemo imirwano ikomeye.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Uduce tubiri two muri Kivu y’Epfo twabereyemo imirwano ikomeye.

Uduce tubiri two muri Kivu y'Epfo twabereyemo imirwano ikomeye. Ingabo za Congo(FARDC) n'abafatanyabikorwa bazo, bongeye kugaba ibitero bikomeye mu duce tubiri tugenzurwa n'ihuriro rya AFC/M23 two muri teriyaki...

Read moreDetails

Ingabo za Congo za teye mu ijoro mu bice by’i Mulenge zakubiswe ahababaza.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Ingabo za Congo za teye mu ijoro mu bice by'i Mulenge zakubiswe ahababaza. Ihuriro ry'Ingabo za Congo zaraye zigabye igitero mu biraro by'inka z'Abanyamulenge zikinyagamo n'Inka zibarirwa mu...

Read moreDetails

Goma: Bintou Keita yahuye n’abayobozi ba AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Goma: Bintou Keita yahuye n’abayobozi ba AFC/M23.

Goma: Bintou Keita yahuye n'abayobozi ba AFC/M23. Intumwa y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye muri Congo, akaba n'umuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita yahuye n'abayobozi ba kuru bihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw’i Mulenge.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw'i Mulenge. Ihuriro ry'Ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, za zindutse zitera ibisasu...

Read moreDetails

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira. Umugabo uri mukigero cy'imyaka 25 y'amavuko, umwirondoro we utaramenyekana neza, basanze aho yiciwe mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo....

Read moreDetails
Next Post
Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?