Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Benshi baguye mu mpanuka y’ubwato.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 13, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Benshi baguye mu mpanuka y’ubwato.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Benshi baguye mu mpanuka y’ubwato.

You might also like

Goma: Bintou Keita yahuye n’abayobozi ba AFC/M23.

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw’i Mulenge.

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira.

Amato abiri yakoze impanuka mu kiyaga cya Tumba mu ntara ya Equateur, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, hapfa abantu 32.

Ni amakuru akubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’imiryango itegamiye kuri Leta, rivuga ko ubwato bwavuye ku nkombe ya Bikoro ku gice cy’i Burasizuba cy’ikiyaga ku mugoroba wo ku wa gatatu butwaye abantu benshi cyane, bikavugwa ko ikirere kitari kimeze neza.

Sosiyete sivili yo muri ibyo bice yagize iti: “Abatangabuhamya bavuze ko abagenzi bari benshi cyane mu bwato.”

Nu bwo sosiyete sivili yo mu ntara ya Equateur ariyo yatanze aya makuru ntiyagaragaje umubare nyawo wabo ariya mato yaratwaye. Gusa amakuru avuga ko bari ijana, mirongwitatu nababiri muribo abaribo bahasiga ubuzima.

Bikavugwa ko umuhengeri wari mwinshi kandi ngo n’imvura yarimo kugwa ari nyinshi, ibyatumye amato yombi arohama.

Gusa, ibikorwa by’ubutabazi ntibyashobotse biboneka vuba, ndetse ngo n’igihe baje gutabara babura ibikoresho.

Bimwe mu bikoresho byabuze ni amakoti yabigenewe n’ubwato bubibafashamo.

Nyamara muri RDC, impanuka zo mu mazi nk’izi n’izo zikunze kuhabera kubera gutwara ibintu birenze ubushobozi bw’ubwato, ndetse ukanasanga ubundi zitewe nuko bwa bwato bushaje.

Tags: EquateurImpanukaTumbaUbwato
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Goma: Bintou Keita yahuye n’abayobozi ba AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Goma: Bintou Keita yahuye n’abayobozi ba AFC/M23.

Goma: Bintou Keita yahuye n'abayobozi ba AFC/M23. Intumwa y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye muri Congo, akaba n'umuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita yahuye n'abayobozi ba kuru bihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw’i Mulenge.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw'i Mulenge. Ihuriro ry'Ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, za zindutse zitera ibisasu...

Read moreDetails

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira. Umugabo uri mukigero cy'imyaka 25 y'amavuko, umwirondoro we utaramenyekana neza, basanze aho yiciwe mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo....

Read moreDetails

Iby’uruzinduko rw’umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Iby’uruzinduko rw’umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

Iby'uruzinduko rw'umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23. Umuyobozi wa MONUSCO muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, yageze i Goma mu Burasirazuba bw'iki gihugu, hagenzurwa...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuyobozi wa secteur ya Itombwe yakoreye muri ako gace.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuyobozi wa secteur ya Itombwe yakoreye muri ako gace.

Hamenyekanye ibyo umuyobozi wa secteur ya Itombwe yakoreye muri ako gace. Mu gituruge cya Gipupu ari na cyo kirimo i cyicyaro gikuru cya secteur ya Itombwe muri teritware...

Read moreDetails
Next Post
Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?