• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 8, 2026
in Conflict & Security
0
RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

You might also like

Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kalemie Bafunguwe

Twirwaneho Yavuze ku Kibazo cy’Umutekano w’Abasivili Nyuma y’Iyoherezwa ry’Ingabo z’u Burundi mu Misozi y’i Mulenge

“Tshisekedi Azagezwa mu Butabera” — Amagambo Akomeye ya Lt Col Willy Ngoma Akomeje Kuvugisha Isi

Perezida w’ishyaka Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP), Frank Diongo, yanenze bikomeye raporo iherutse gushyirwa ahagaragara n’Umuryango w’Abibumbye (Loni/UN) ku bijyanye n’umutekano n’ibikorwa by’ubutabazi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), ayishinja kudaharanira amahoro ahubwo igamije gukomeza amakimbirane.

Mu butumwa yanyujije kuri konti ye ya X ku wa Gatatu, tariki ya 07/01/2026, uyu munyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yatangaje ko raporo ya Loni itagaragaza ukuri ku miterere nyakuri y’ikibazo cy’umutekano muri Congo, ahubwo ikoresheje imvugo ya dipolomasi igoreka ukuri ku nyungu zimwe na zimwe.

Frank Diongo yagize ati: “Raporo y’Umuryango w’Abibumbye kuri Congo ni isuzuma rishingiye ku kinyoma cya dipolomasi. Ibyaha bikorwa mu nzego zo hejuru bigirwa ibanga, abafatanyabikorwa bagakingirwa ikibaba, abajenosideri bagashyirwa kwibere, abacanshuro bagafatwa nk’ibisanzwe, ubutegetsi butemewe n’amategeko bukemezwa, naho ibiganiro bigahinduka urujijo. Iyi raporo ntigamije amahoro; igamije intambara.”

Uyu muyobozi wa MLP asanga iyi raporo igaragaza uburyarya mu muryango mpuzamahanga, aho gukemura imizi y’amakimbirane yo muri Congo, habaho kuyapfukirana binyuze mu nyandiko zitanga isura itari yo ku ruhande rumwe rw’amakimbirane.

Raporo y’Impuguke za Loni ivuga ko ihuriro rirwanya ubutegetsi rya AFC/M23 ryitwaye nk’ubuyobozi busimbuye Leta mu bice bimwe by’igihugu ryigaruriye, rishyiraho inzego z’ubuyobozi, ubutabera n’umutekano. Ibi ni byo Frank Diongo afata nk’igerageza ryo gusimbuza Leta yemewe n’amategeko ubuyobozi budafite ubuzimagatozi, binyuze mu guhabwa isura yemewe n’amahanga.

Iyo raporo kandi inenga Igisirikare cy’u Rwanda, ikanagaragaza impungenge z’abakora ibikorwa by’ubutabazi, imiryango itegamiye kuri Leta n’inzego z’ibanze, bavuga ko hari iryirukanwa ry’abasivili ndetse no kubuzwa gusubira ku butaka bwabo. Loni ivuga ko ibi bishobora gushyira abaturage mu byago bikomeye birimo inzara n’ubundi buzima bubi.

Ku ruhande rwa Frank Diongo, asanga ibi byose byerekana ko raporo ya Loni idashaka gukemura ikibazo cy’umutekano muri RDC mu buryo burambye, ahubwo igira uruhare mu gukomeza umwuka w’intambara no kudindiza inzira y’amahoro igihugu n’akarere byifuza.

Tags: DiongoRaporo ya Loni
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kalemie Bafunguwe

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Abanyamulenge Bafungiwe i Kalemie Baratabarizwa, Barasaba Ubutabera Mpuzamahanga

Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kalemie Bafunguwe Amakuru aturuka mu mujyi wa Kalemie, mu Ntara ya Tanganyika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aravuga ko Abanyamulenge batatu bari...

Read moreDetails

Twirwaneho Yavuze ku Kibazo cy’Umutekano w’Abasivili Nyuma y’Iyoherezwa ry’Ingabo z’u Burundi mu Misozi y’i Mulenge

by Bahanda Bruce
January 9, 2026
0
Twirwaneho Yavuze ku Kibazo cy’Umutekano w’Abasivili Nyuma y’Iyoherezwa ry’Ingabo z’u Burundi mu Misozi y’i Mulenge

Twirwaneho Yavuze ku Kibazo cy’Umutekano w’Abasivili Nyuma y’Iyoherezwa ry’Ingabo z’u Burundi mu Misozi y'i Mulenge Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho, urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

“Tshisekedi Azagezwa mu Butabera” — Amagambo Akomeye ya Lt Col Willy Ngoma Akomeje Kuvugisha Isi

by Bahanda Bruce
January 9, 2026
0
“Tshisekedi Azagezwa mu Butabera” — Amagambo Akomeye ya Lt Col Willy Ngoma Akomeje Kuvugisha Isi

“Tshisekedi Azagezwa mu Butabera” — Amagambo Akomeye ya Lt Col Willy Ngoma Akomeje Kuvugisha Isi Umuvugizi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Lt Col Willy Ngoma, yatangaje ko Perezida...

Read moreDetails

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

by Bahanda Bruce
January 9, 2026
0
RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be Ku wa Kane tariki ya 08/01/2026, Marie-Ange Mushobekwa, wahoze ari Minisitiri w’Uburenganzira bwa Muntu ndetse akaba...

Read moreDetails

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge Lieutenant-Colonel Mak Hazukay Mongba yagizwe by’agateganyo Umuyobozi wa Serivisi...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?