• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Hatoraguwe imirambo y’ingabo z’u Burundi irenga 10 hamenyekana nicyayihitanye.

minebwenews by minebwenews
April 21, 2025
in Regional Politics
0
Ibitaravuzwe ku ngabo z’u Burundi ziri mu Bibogobogo.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Hatoraguwe imirambo y’ingabo z’u Burundi irenga 10 hamenyekana nicyayihitanye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Imirambo 12 y’abasirikare bo mu ngabo z’u Burundi niyo yatoraguwe mu kiyaga cya Tanganyika haherereye mu gice cya Fizi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’aho ubwoto barimo bukoze impanuka.

Ku wa gatanu w’icyumweru gishize ni bwo ubwato buto bw’igisirikare cy’u Burundi kirwanira mu mazi bwarimo abasirikare ubwo bwerekezaga i Burundi buvuye i Fizi, bwakoze impanuka.

Amakuru yizewe ava mu bice iyo mpanuka yabereyemo avuga ko mu basirikare bari baburimo, harimo icyenda bakomerekeye mu ntambara yari iheruka kubera mu misozi ya Fizi, aho u Burundi busanzwe bufite abasirikare, abandi batatu bari barwaje izo nkomeri.

Ubu bwato bwarohamye ubwo bwari bukiva u Bwali muri Fizi; aha u Bwali hakaba hanasanzwe haba ibatayo imwe y’ingabo z’u Burundi.

Aya makuru akomeza avuga ko iyi mpanuka yatewe n’umuhengeri wari wabaye mwinshi wari muri iki kiyaga cya Tanganyika.

Ku wa gatandatu nyuma y’umunsi umwe gusa buriya bwato burohamye, ni bwo iriya mirambo yatoraguwe, nyuma yuko igisirikare kirwanira mu mazi cyari cyiriwe kiyishakisha ndetse kandi cyongera kuyishaka mu ijoro ryo kuri uwo wa gatanu, bibaye ku wa gatandatu kirayitoragura.

Byavuzwe ko iyo mirambo y’aba basirikare 12 yamaze kugezwa i Bujumbura, aho igiye gushyingurirwa.

Tags: FDNBImirambo 12Tanganyikau Bwali
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibitaravuzwe ku ngabo z’u Burundi ziri mu Bibogobogo.

FARDC Soldiers Stationed at SADC Military Bases in the DRC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?