Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

RDC: Ibivugwa ku muntu warimo asenga azagupfa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2025
in Religion
0
RDC: Ibivugwa ku muntu warimo asenga azagupfa.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Ibivugwa ku muntu warimo asenga azagupfa.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

I Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo haheruka kwitaba Imana umuntu warimo arasenga, nk’uko amakuru ava muri iki gihugu abivuga.

Ku wa mbere w’iki cyumweru tariki ya 12/05/2025, ni bwo uwo bita umuntu w’Imana yapfuye nyuma yogukubitwa n’umurabyo agahita yitaba Imana ako kanya.

Nubwo amazina y’uwapfuye ataramenyekana, ariko amakuru agaragaza ko yaramaze iminsi asengera ku musozi witwa Mangenge uherereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya RDC, maze bigeze ku gicamunsi cyo ku wa mbere akubitwa n’umurabyo niko guhita yitaba Imana avamo umwuka w’abazima.

Hanashyizwe hanze n’ubutumwa bw’amashusho bugaragaza ko koko uriya mugabo uri mukigero cy’imyaka irihejuru ya 50 yishwe n’umurabyo wavuye hejuru ukamukubita.

Muri ayo mashusho y’amajwi yagiye hanze, aherekejwe n’ubutumwa bugira buti: “Umuntu w’Imana yapfuye ubwo yarimo arasenga ku musozi wa Mangenge. Hari nyuma y’aho akubiswe n’umurabyo.”

Ubundi kandi ubwo butumwa bunagaragaza umurambo we urambaraye hasi kandi ureba hejuru, bigaragaza ko koko yamaze kuvamo umwuka.

Bishobora kuba byarabayeho, ariko kuri twe ntawundi muntu tuzi wishwe n’umurabyo, ibyo nanone byavuzwe muri ubwo butumwa. Ni mu gihe kandi bizwi ko inkuba iherekejwe n’umurabyo ari yo ishobora gukubita umuntu ikamwicya, ariko ku murabyo wonyine byaba ari igishitsi mw’isi.

Tags: KinshasaUmuntu w'ImanaUmurabyoyapfuye
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?