• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Ibyatangajwe na Lt.Gen Pacifique Masunzu ntibivugwa rumwe.

minebwenews by minebwenews
January 7, 2025
in Regional Politics
0
RDC: Abayobozi bashya muri FARDC batangiye inshingano.
133
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Ibyatangajwe na Lt.Gen Pacifique Masunzu ntibivugwa rumwe.

You might also like

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Lieutenant General Pacifique Masunzu, umwe wo muri FARDC uheruka guhabwa umwanya ukomeye mungabo z’iki gihugu, aho yahawe kuyobora zone ya gatatu, ifite icyicaro gikuru i Kisangani mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu byagisirikare, Congo igabuyemo ama-zone atatu. Zone ya mbere ireba intara z’u Burengerazuba, iya kabiri ikagenzura intara zo hagati, icyicaro gikuru cyayo kiri i Lubumbashi, mu gihe zone ya gatatu igizwe n’intara z’u Burasirazuba, icyicaro cyayo kikaba kiri i Kisangani.

Zone ya gatatu Masunzu yahawe kuyobora iherereyemo Kivu y’Amajyaruguru, ahari intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Umusibo w’ejo hashize, nibwo Masunzu yakandagije ibirenge bye i Kisangani, amakuru akavuga ko yakiriwe n’abayobozi batandukanye bo muri FARDC.

Aho bivugwa ko yanatangiye iz’inshingano nyuma y’aho akoze ihererekanya bubasha n’uwo yasimbuye; ubwo umuhango wa remise warutangiye guhumuza, yaje kugeza ijambo kungabo, maze agira ati: “Ndabasaba kurangwa na discipline muri ibi bihe by’intambara, kuko umwanzi yamaze kugira uduce tumwe two muri zone nyoboye yigaruriye; bityo birasaba ko dushaka umuti.”
Yakomeje agira ati: “Umwanzi mvuga duhanganye ni u Rwanda ni ADF Nalu ikorera muri Kivu y’Amajyaruguru, undi mwanzi nanone dufite ni Twirwaneho iherereye muri Kivu y’Amajy’epfo (Sud Kivu).”

Nyamara kandi Masunzu yanatangaje ko Twirwaneho ikorana byahafi n’umutwe wa M23. Umutwe umaze igihe warazengereje ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ndetse kandi Lt Gen Pacifique Masunzu yasoje avuga ko bitoroshye namba, guhashya abo banzi yavuze haruguru.

Ibyo benshi bibaza, niba koko Masunzu ari butsinde iyi ntambara!

Abavuga ko ashobora kuyitsinda bashingira kukuba azi neza ibice yahawe kuyobora, kuko akomoka muri Kivu y’Amajy’epfo, kandi ko avuka mu bwoko bw’Abanyamulenge ari nabo bagize Twirwaneho akaba kandi ari umututsi aribo ahanini bagize umutwe wa M23.

Abavuga ko ntacyo azahindura, nabo bashingira kukuba ari hahandi abasirikare azarwanisha ni barya n’ubundi M23 ihora ikubita inshuro umunsi ku wundi.

Tags: FardcM23Masunzu
Share53Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi yageze i Ccra.

Perezida Félix Tshisekedi yageze i Ccra.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?