Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Ishyaka rya UDPS ryagaragaje ufashe umukingi mu nini mu kuyisenya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 10, 2024
in Regional Politics
0
RDC: Ishyaka rya UDPS ryagaragaje ufashe umukingi mu nini mu kuyisenya.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Ishyaka rya UDPS ryagaragaje ufashe umukingi mu nini mu kuyisenya.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ishyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, UDPS(Union democratique et le progres social), rirashinja u Rwanda na perezida w’iki gihugu, Paul Kagame kugira uruhare mu bibazo iri shyaka rifite muri iki gihe.

Byavuzwe ku wa gatanu tariki ya 08/11/2024, ubwo umunyamabanga mukuru wa UDPS, Augustin Kabuya yagiranye ikiganiro n’abayobozi bo hejuru bo muri iri shyaka.

Yagize ati: “Ibibazo bikomeye biri mu ishyaka ryacu u Rwanda rufitemo uruhare, Kagame ntasinzira.”

Yunzemo kandi ko umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yifuza guhirika perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ariko ko bitazamukundira.

Ibyo yabitangaje mu gihe iri shyaka rya UDPS ririmo ibibazo bitoroshye ahanini mu byapolitiki. Ni ibibazo benshi bahamya ko biva kukudakemura ibibazo by’imbere mu ishyaka ahubwo bakihutira gukemura ibiri hanze y’igihugu.

Kabuya yatangaje ibi mu gihe n’ubundi umubano w’u Rwanda na Congo Kinshasa wari usanzwe utifashe neza biturutse ku ntambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu aho umutwe wa M23 umaze igihe urwana n’ingabo z’iki gihugu.

RDC ishinja u Rwanda gufasha uwo mutwe wa M23 ibyo icyo gihugu kitigera cyemeza hubwo kigashinja RDC gutera inkunga umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda mu 1994.

Tags: Augustin KabuyaUDPS
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Amerika yongeye kugira icyo isaba u Rwanda na RDC gikanganye.

Amerika yongeye kugira icyo isaba u Rwanda na RDC gikanganye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?