• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Kigali Yatunguwe n’Icyemezo cya Kinshasa cyo Gufungura Ikibuga cy’Indege cya Goma

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 25, 2025
in Regional Politics
0
RDC: Kigali Yatunguwe n’Icyemezo cya Kinshasa cyo Gufungura Ikibuga cy’Indege cya Goma
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Kigali Yatunguwe n’Icyemezo cya Kinshasa cyo Gufungura Ikibuga cy’Indege cya Goma

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

U Rwanda rwatangaje ko rwatangajwe n’icyemezo cya Guverinoma ya Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC) cyo gufungura ikibuga cy’indege cya Goma, mu gihe kigikomeje kugenzurwa n’umutwe wa AFC/M23.

Mu kiganiro yagiranye na WenBash, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yavuze ko iri tangazo rya Kinshasa ritajyanye n’ukuri ku bijyanye n’umutekano n’igenzura ry’iki kibuga cy’indege.

Yagize ati: “Kumva ko umuntu yafungura ikibuga cy’indege adashyizeho ubutegetsi bubifitiye ubushobozi n’uburenganzira bwo kugenzura umutekano wabyo, ni ibintu bidafite ishingiro na busa.”

Iki kibuga cy’indege cya Goma kimaze igihe kiri mu maboko y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, nyuma yo kwigarurira uduce dutandukanye twa Kivu y’Amajyaruguru birimo n’ahakomeye mu rwego rw’igisirikare, ubwikorezi n’itumanaho.

Kigali ivuga ko gufata ibyemezo bitajanye n’ukuri ku biri kubera ku butaka “bishobora guteza urujijo no kubangamira ibikorwa by’ubutabazi bikenewe cyane mu gukura abaturage mu kaga k’intambara”.

Kugeza ubu, Guverinoma ya RDC ntacyo iratangaza ku mpamvu z’iki cyemezo cyangwa uburyo izasubizaho imikorere y’iki kibuga, cyane cyane mu gihe imirwano ikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye bya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Epfo.

Aho ibintu bihagaze ubu, haribazwa uko ubufatanye n’inzego zifite aho zihuriye n’umutekano n’ubutabazi bizatunganwa, mu gihe ingabo za Leta n’umutwe zihanganye zikomeje guhanganira mu duce dutandukanye.

Tags: AFC/m23Ikibuga cy'indegeRdcRwanda
Share37Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Bidasubirwaho: Abaturage Basabye Perezida Tshisekedi Kwirukana Ingabo z’u Burundi na FDLR mu Kibaya cya Ruzizi

Umuryango w’Abashi Uratabariza Abacuruzi Babo Bajyanywe n’Ingabo z’u Burundi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?