• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC na Uganda byinjiye muri gahunda yo gusibura umupaka ubihuza.

minebwenews by minebwenews
September 6, 2024
in Regional Politics
0
RDC na Uganda byinjiye muri gahunda yo gusibura umupaka ubihuza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC na Uganda byinjiye muri gahunda yo gusibura umupaka ubihuza.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Guverinoma ya Kinshasa n’iya Kampala biri mu nama yatangiye tariki ya 04/09/2024 yiga ku buryo zasibura umupaka utandukanya ibyo bihugu byombi, zihereye ku kirunga cya Sabyinyo.

Umupaka wa Uganda na RDC uhereye kuri Sabyinyo ukagera muri Bwindi hari hasanzwe imbago 16. Nk’uko bivugwa ibi byateraga amakimbirane ku mpande z’ibihugu byombi, kuko kumenya gutandukanya ubutaka bw’ibi bihugu bigorana.

Mu mwaka w’ 2023, abaturage bo muri teritware ya Rutshuru barimo umudepite ku rwego rw’intara, Emmanuel Ngaruye, bashinje Leta ya Uganda kugenzura igice cyo muri Bunagana ku ruhande rwa RDC.

Ngaruye yagize ati: “Turasaba Guverinoma ya Kinshasa ko yabohoza byihutirwa ibice byafashwe n’abashotoranyi, kandi ko ibyemezo bibi byakosorwa , cyane cyane imbago z’umupaka zimuwe n’abayobozi ba Uganda.”

Leta ya Kinshasa yijeje abo muri Rutshuru ko izakurikirana iki kibazo, gusa Guverinoma ya Uganda yarabihakanye, isobanura ko nta gice cy’igihugu cy’abaturanyi igenzura.

Inzobere muri Minisiteri y’umutekano w’imbere muri RDC, Vangu Mabayala, yasobanuye ko muri iyi nama, bateganya kwemeza amafaranga akenewe mu guca uyu mupaka ufite uburebure bw’ibirometro 71.

Colonel Naboth Mwesigwa uyoboye itsinda rya Uganda yatangaje ko nta ntambara ibihugu byigeze bijyamo bitewe n’ubwumvikane buke bushingiye ku mupaka, agaragaza ko kugaragaza aho ibihugu bitandukanira bizabifasha gukumira amakimbirane.

Imbogamizi ishobora kuba muri uyu mushinga ni uko ibice byose byo muri RDC bizacibwaho uyu mupaka bigenzurwa n’umutwe witwaje imbunda wa M23. Ibi bihugu bishobora kuzabanza kuwusaba uburenganzira.

                MCN.
Tags: GusiburaImbagoRdcUgandaUmupaka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ubuzima bwa Banyamulenge bukomeje guhonyorwa muri RDC.

Ubuzima bwa Banyamulenge bukomeje guhonyorwa muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?