• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2024
in Regional Politics
0
RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokorasi ya Congo, yakoze impinduka zidasanzwe mu gisirikare cy’igihugu cye.

Ni impunduka zakozwe ahar’ejo tariki ya 19/12/2024 zikozwe na bwana Félix Tshisekedi Tshilombo, perezida wa RDC.

Izi mpinduka nk’uko bigaragara ku itangazo ibiro by’umukuru w’iki Gihugu byashyize hanze, bigaragaza ko Lt Gen Pacifique Masunzu wahoze ayoboye akarere ka kabiri k’ingabo(deuxième zone de défense ) kuva tariki ya 17/07/2020, kuri ubu yagizwe komanda wa karere ka gatatu(troisième zone de défense) mu Ntara ya Manyema, Kivu y’Amajy’epfo, Kivu Yaruguru, Tshopo, Haut-Uele na Ituri), aho umwungirije Jenerali Majoro Antoine Diangolo yashinzwe ibikorwa by’iperereza, mu gihe Jenerali Muamba Modeste yahawe kugenzura ibikoresho bya gisirikare muri izo ntara.

Jenerali Majoro Raymond Bonga yagizwe umugaba w’ingabo w’ungirije zirwanira ku butaka, akaba ashyinzwe imiyoborere n’ibikoresho.

Burigadiye Jenerali Eric Maloba agirwa umuyobozi ushinzwe imiyoborere mu buyobozi bw’ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (Fardc).

Mu gihe uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za RDC, Christian Tshiwewe Songesa yagizwe umujyanama wa gisirikare wa perezida wa Repubulika.
Uwa musimbuye wagizwe umugaba mukuru w’ingabo za RDC ni Lt Gen Banza Mwilanié.

Naho Gen Chico Tshitambwe yagizwe umuyobozi mukuru wa gisirikare wa karere ka mbere, ubwo ni intara ya Kinshasa, Kwango, Kwilu, Mai-Ndombe, Congo Central, Equateur, Mongala, Ubangi zombi na Tshuapa.

Hari n’abandi benshi bagiye bahabwa imyanya ikomeye mu gisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, tuzagenda tubabwira nyuma.

Tags: FardcImpindukaTshisekedi
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Mu duce dutwawe na Chef Muganwa twagaragayemo Maï-Maï, havugwa ni kiyegenza.

Mu duce dutwawe na Chef Muganwa twagaragayemo Maï-Maï, havugwa ni kiyegenza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?