• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2024
in Regional Politics
0
RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokorasi ya Congo, yakoze impinduka zidasanzwe mu gisirikare cy’igihugu cye.

Ni impunduka zakozwe ahar’ejo tariki ya 19/12/2024 zikozwe na bwana Félix Tshisekedi Tshilombo, perezida wa RDC.

Izi mpinduka nk’uko bigaragara ku itangazo ibiro by’umukuru w’iki Gihugu byashyize hanze, bigaragaza ko Lt Gen Pacifique Masunzu wahoze ayoboye akarere ka kabiri k’ingabo(deuxième zone de défense ) kuva tariki ya 17/07/2020, kuri ubu yagizwe komanda wa karere ka gatatu(troisième zone de défense) mu Ntara ya Manyema, Kivu y’Amajy’epfo, Kivu Yaruguru, Tshopo, Haut-Uele na Ituri), aho umwungirije Jenerali Majoro Antoine Diangolo yashinzwe ibikorwa by’iperereza, mu gihe Jenerali Muamba Modeste yahawe kugenzura ibikoresho bya gisirikare muri izo ntara.

Jenerali Majoro Raymond Bonga yagizwe umugaba w’ingabo w’ungirije zirwanira ku butaka, akaba ashyinzwe imiyoborere n’ibikoresho.

Burigadiye Jenerali Eric Maloba agirwa umuyobozi ushinzwe imiyoborere mu buyobozi bw’ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (Fardc).

Mu gihe uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za RDC, Christian Tshiwewe Songesa yagizwe umujyanama wa gisirikare wa perezida wa Repubulika.
Uwa musimbuye wagizwe umugaba mukuru w’ingabo za RDC ni Lt Gen Banza Mwilanié.

Naho Gen Chico Tshitambwe yagizwe umuyobozi mukuru wa gisirikare wa karere ka mbere, ubwo ni intara ya Kinshasa, Kwango, Kwilu, Mai-Ndombe, Congo Central, Equateur, Mongala, Ubangi zombi na Tshuapa.

Hari n’abandi benshi bagiye bahabwa imyanya ikomeye mu gisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, tuzagenda tubabwira nyuma.

Tags: FardcImpindukaTshisekedi
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu duce dutwawe na Chef Muganwa twagaragayemo Maï-Maï, havugwa ni kiyegenza.

Mu duce dutwawe na Chef Muganwa twagaragayemo Maï-Maï, havugwa ni kiyegenza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?