• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Colonel Innocent Kaina uheruka gutangaza ko yashinze umutwe wa gisirikare ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, yamusabye guhita yegura byako kanya.

Kaina yasabye ibi Tshisekedi abinyujije munyandiko icyama cye cya CNLC(Coalition National Pour la liberation du Congo) cyashyize hanze ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 17/06/2025.

Col.Kaina wahoze muri M23 ndetse akaba yarabaye mu buyobozi bwayo, yashinje perezidansi ya Congo n’ibiro bya minisitiri w’intebe n’inteko ishinga mategeko y’iki gihugu kwikubira 80% by’amafaranga yose y’ingengo y’imari y’igihugu, asobanura ko bituma abanyekongo bisanga mu bukene, ngo kuko imishinga yakabateje imbere yose idindira igitangira.

Yavuze kandi ko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi ko bwamunzwe na ruswa no kunyereza umutungo w’igihugu.

Yashinje kandi ubutegetsi bw’i Kinshasa ubwo yise ko bugendera ku moko kuba ahubwo bwifashisha imitwe yitwaje intwaro mu nyungu za politiki n’izabanyapolitiki.

Ubundi kandi yakomoje ku mutekano muke uri mu Burasizuba bwa Congo, ahari abaturage barenga miliyoni 5 bo mu ntara za Tanganyika, Manyema, Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Epfo na Ituri bavuye mu byabo kubera imitwe yitwaje intwaro.

Avuga ko Tshisekedi nk’umugaba w’ikirenga w’ingabo za Congo ntacyo yigeze akora ngo akumire jenoside n’ubwicanyi bukorwa n’imitwe nka CODECO, FDLR, Mai Mai na Wazalendo.

Abandi kandi Col.Kaina yashize mu majwi barimo guverineri w’i ntara ya Ituri, Lt.Gen.John Luboya yashinje guhonyora uburenganzira bw’ikiremwamuntu.

Yamushinje kuba yarigeze gushyingura abantu 57 bo mu bwoko bw’Abahema.

Ni muri urwo rwego Col.Kaina ateganya gukomeza urugamba nta gushidikanya, ndetse akaba asaba perezida Felix Tshisekedi guhita yegura mu maguru mashya, kubera ko atamemnye kubahiriza inshingano ze zo kurinda umutekano w’igihugu.

Mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka ni bwo Col.Kaina yatangaje ku mugaragaro ko yashinze umutwe wa CNLC kugira ngo umufashe gutegura ashyireho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa RDC burangwa no kuba butarajwe ishinga n’imibabaro abanyekongo baterwa n’imiyoborere mibi idashingiye ku ndangagaciro.

Tags: CNLCKainaKweguraTshisekedi
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?