Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yabujije ingendo zo mu mazi kubera umutekano muke.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 22, 2025
in Regional Politics
0
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yabujije ingendo zo mu mazi kubera umutekano muke.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Guverineri w’i ntara ya Kivu Yaruguru mu byagisirikare, Maj Gen Peter Cirumwami Nkuba, yabujije urujya n’uruza rw’amato akoresha ikiyaga cya Kivu, avuga ko ari impamvu z’umutekano muke uri mu nkengero z’umujyi wa Goma.

Bikubiye mu itangazo umuyobozi w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, yashyize hanze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22/01/2025.

Iritangazo ritangira rigira riti: “Kubera umutekano muke mu nkengero z’umujyi wa Goma watejwe n’umutwe wa M23 by’umwihriko hafi n’ikiyaga cya Kivu, ingendo z’amato za kumanywa na ninjoro ntizemewe yaba izijya muri Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru.”

Iritangazo kandi rikomeza rivuga ko iryo bwiriza rizakurwaho n’amabwiriza mashya.

Ibyo bibaye mu gihe umujyi wa Goma uzengurutswe n’abarwanyi bo mu mutwe wa M23 mu mpande zose zigize uyu mujyi kuva mu mpera zakiriya Cyumweru dusoje.

Ni mu gihe kandi M23 yari iheruka gufata umujyi wa Minova aho ndetse yanafashe n’ibindi bice byinshi birimo Bulungu, Numbi, Nyabibwe n’ibindi bice byo muri teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Nyamara kandi sosiyete sivile yo muri Kivu y’Amajy’epfo ku wa kabiri, yasabye perezida Félix Tshisekedi kureka uruzinduko arimo i Burayi, akajya ahabera urugamba kugira ngo asubize akanyabugabo mu ngabo za RDC.

Ibi byatangarijwe i Bukavu ahari icyicaro cy’intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: AmaziFardcIngendoM23
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Kinshasa yakojejwe isoni kubera Charles Onana.

Leta ya Kinshasa yakojejwe isoni kubera Charles Onana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?