• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 11, 2025
in Regional Politics
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w’ubanye n’amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w’ubumwe bw’u Burayi utararufatiye ibihano bikakaye.

Ni mu kiganiro Kayikwamba Wagner yagiranye n’igitangazamakuru cya EUObserver, ashinja EU kugira indimi 2 .

Kayikwamba yagize ati: “Urebye uburyo umuryango w’ubumwe bw’u Burayi wihutira gufata ibyemezo byo gushyiraho ibihano mu bindi bibazo bisa nk’ibi, amagambo yabasha gusobanura neza uko duhagaze muri iki gihe ni urujijo n’akababaro.”

Muri iki kiganiro yanaboneyeho asaba uyu muryango w’u bumwe bw’u Burayi kubishyiramo ingufu ugafatira u Rwanda ibihano bikakaye. Anavuga ko guverinoma ye ya RDC ifite amakuru ahagije yerekeye imikoranire u Rwanda rugirana n’umutwe wa M23, anavuga ko bishoboka ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame abifitemo uruhare.

Yunzemo kandi ashimangira ko ari ngombwa kumenya abungukira ku ntambara yo mu Burasirazuba bw’iki gihugu na bo bakabiryozwa.

Yasoje iki kiganiro avuga ko nubwo u Rwanda na RDC biheruka gusinyanya amasezerano y’amahoro, ariko ko ntantambwe ifatika igaragaza ko bizatanga umusaruro.

Tags: EURdc
Share31Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails

Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda

Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yasabye ko yahuza imbaraga na perezida Paul Kagame w'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Imyaka 16 irashyize intwari Maj.Kagigi yishwe

Imyaka 16 irashyize intwari Maj.Kagigi yishwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?