• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, February 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yitabiriye urubanza ruzabera i Arusha yarezemo Leta y’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
September 25, 2024
in Regional Politics
0
RDC yitabiriye urubanza ruzabera i Arusha yarezemo Leta y’u Rwanda.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yitabiriye urubanza ruzabera i Arusha yarezemo Leta y’u Rwanda.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yatangiye Kuyobora Umugabane wa Afurika mu Bihe by’Ibibazo Bikomeye

Amerika Yagize Icyo Ivuga ku Gahenge mu Ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC

Icyibazwa mu gihe Perezida Ndayishimiye agiye guhabwa inshingano zo kuyobora Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika

Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikoresheje minisitiri w’ubutabera w’ungirije, Samuel Mbemba, yagiye mu rubanza igihugu cye cyarezemo u Rwanda ruzabera i Arusha tariki ya 26/09/2024.

Guverinoma ya Kinshasa yareze u Rwanda mu rukiko rw’umuryango wa Afrika y’i Burasirazuba (EACJ), irushinja kurenga ku masezerano agenga uyu muryango, arebana no kubaha ubusugire bwa buri gihugu.

Iki kirego gifitanye isano no kuba Leta ya Kinshasa ishinja Kigali kohereza abasirikare bayo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo gufasha umutwe wa M23, kandi ivuga ko byakozwe mu myaka irenga 20.

Leta y’u Rwanda ivuga ko ibirego bya RDC ari urwitwazo rugamije guhunga inshingano zayo zo gukemura ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka myinshi mu Burasirazuba bwa RDC.

Aya makuru anavuga ko u Rwanda rwasabye urukiko rwa EACJ gutesha agaciro icyo kirego bitewe n’uko cyatanzwe mu rurimi rw’igifaransa n’Ilingala, kandi ibwiriza risaba ko ibirego bitangwa mu cyongereza.

U Rwanda kandi rwagaragaje ko hari ibyaha Kinshasa iyishinja ku byabaye mbere ya 2001 ubwo EACJ yatangiraga gukora, rugasobanura ko nta bubasha uru rukiko rufite bwo kubiburanisha.

Perezida wa Sudan y’Epfo akaba n’umuyobozi mukuru w’uyu muryango yagerageje guhuza u Rwanda na Congo, habaho umwiherero wahurije i Zanzibar abahagarariye ibi bihugu mu kwezi kwa Karindwi 2024 kugira ngo baganire ku buryo byabana mu mahoro, ariko bisa n’aho izi ntambara ntacyo zatanze.

Minisitiri Bemba, ubushize yanatangaje ko nyuma ya EACJ, Kinshasa izajana ikirego no mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, n’urukiko rw’umuryango w’Abibumbye (ICJ).

            MCN.
Tags: EacjMinisitiri BembaRDC yareze uRwanda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yatangiye Kuyobora Umugabane wa Afurika mu Bihe by’Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
Auto Draft

Perezida Ndayishimiye Yatangiye Kuyobora Umugabane wa Afurika mu Bihe by’Ibibazo Bikomeye Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14/02/2026, yatangiye ku mugaragaro...

Read moreDetails

Amerika Yagize Icyo Ivuga ku Gahenge mu Ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
Amerika Yagize Icyo Ivuga ku Gahenge mu Ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika Yagize Icyo Ivuga ku Gahenge mu Ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye n’Afurika, Massad Boulos,...

Read moreDetails

Icyibazwa mu gihe Perezida Ndayishimiye agiye guhabwa inshingano zo kuyobora Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
Intambwe Ikomeye y’u Burundi mu Buyobozi bw’Umugabane wa Afrika

Icyibazwa mu gihe Perezida Ndayishimiye agiye guhabwa inshingano zo kuyobora Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika Mu gihe Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, agiye guhabwa inshingano zikomeye zo kuyobora...

Read moreDetails

AFC/M23 Yamaganye Perezida w’u Burundi ku Bwicanyi Bukorerwa Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
AFC/M23 Yamaganye Perezida w’u Burundi ku Bwicanyi Bukorerwa Abanyamulenge

AFC/M23 Yamaganye Perezida w’u Burundi ku Bwicanyi Bukorerwa Abanyamulenge Ihuriro rya politiki n’igisirikare rya AFC/M23 ryamaganye bikomeye uruhare rivuga ko Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, afite mu bikorwa...

Read moreDetails

Inzara Iravuza Ubuhuha mu Basirikare b’u Burundi Bari muri RDC

by Bahanda Bruce
February 12, 2026
0
Inzara Iravuza Ubuhuha mu Basirikare b’u Burundi Bari muri RDC

Inzara Iravuza Ubuhuha mu Basirikare b’u Burundi Bari muri RDC Amakuru aturuka mu basirikare b’u Burundi bari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) avuga ko bamwe muri...

Read moreDetails
Next Post
Red Tabara yigambye gukubita ikababaza ingabo z’u Burundi mu misozi ya Mwenga.

Red Tabara yigambye gukubita ikababaza ingabo z'u Burundi mu misozi ya Mwenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?