• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yitabiriye urubanza ruzabera i Arusha yarezemo Leta y’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
September 25, 2024
in Regional Politics
0
RDC yitabiriye urubanza ruzabera i Arusha yarezemo Leta y’u Rwanda.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yitabiriye urubanza ruzabera i Arusha yarezemo Leta y’u Rwanda.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikoresheje minisitiri w’ubutabera w’ungirije, Samuel Mbemba, yagiye mu rubanza igihugu cye cyarezemo u Rwanda ruzabera i Arusha tariki ya 26/09/2024.

Guverinoma ya Kinshasa yareze u Rwanda mu rukiko rw’umuryango wa Afrika y’i Burasirazuba (EACJ), irushinja kurenga ku masezerano agenga uyu muryango, arebana no kubaha ubusugire bwa buri gihugu.

Iki kirego gifitanye isano no kuba Leta ya Kinshasa ishinja Kigali kohereza abasirikare bayo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo gufasha umutwe wa M23, kandi ivuga ko byakozwe mu myaka irenga 20.

Leta y’u Rwanda ivuga ko ibirego bya RDC ari urwitwazo rugamije guhunga inshingano zayo zo gukemura ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka myinshi mu Burasirazuba bwa RDC.

Aya makuru anavuga ko u Rwanda rwasabye urukiko rwa EACJ gutesha agaciro icyo kirego bitewe n’uko cyatanzwe mu rurimi rw’igifaransa n’Ilingala, kandi ibwiriza risaba ko ibirego bitangwa mu cyongereza.

U Rwanda kandi rwagaragaje ko hari ibyaha Kinshasa iyishinja ku byabaye mbere ya 2001 ubwo EACJ yatangiraga gukora, rugasobanura ko nta bubasha uru rukiko rufite bwo kubiburanisha.

Perezida wa Sudan y’Epfo akaba n’umuyobozi mukuru w’uyu muryango yagerageje guhuza u Rwanda na Congo, habaho umwiherero wahurije i Zanzibar abahagarariye ibi bihugu mu kwezi kwa Karindwi 2024 kugira ngo baganire ku buryo byabana mu mahoro, ariko bisa n’aho izi ntambara ntacyo zatanze.

Minisitiri Bemba, ubushize yanatangaje ko nyuma ya EACJ, Kinshasa izajana ikirego no mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, n’urukiko rw’umuryango w’Abibumbye (ICJ).

            MCN.
Tags: EacjMinisitiri BembaRDC yareze uRwanda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Red Tabara yigambye gukubita ikababaza ingabo z’u Burundi mu misozi ya Mwenga.

Red Tabara yigambye gukubita ikababaza ingabo z'u Burundi mu misozi ya Mwenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?