• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC, yongeye kurasisha Indege z’intambara zo m’ubwoko bwa Sukhoï-25, bica Abaturage muri Karuba, n’ahandi.

minebwenews by minebwenews
December 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, k’u mu goroba wo k’uwa Kane, tariki 28/12/2023, bongeye gukoresha Indege z’intambara mu kurasa ibisasu biremereye mu bice bigenzurwa n’Ingabo za ARC/M23, na hatuwe n’a baturage benshi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ibisasu by’arashwe n’indege z’intambara zo m’ubwoko bwa SUKHOÏ-25, n’ibindi bisasu bikomeye byarimo biterwa mu nkengero za Localité ya Mushaki na Karuba ndetse no mu bindi bice biri mpande ya Karuba.

Ni Urugamba rwari rukaze aho amakuru ava mu buyobozi bw’ibanze ahamya ko imirwano yahuje M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC rwari rukaze. Umuvugizi w’u mutwe wa M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka yemeje ay’amakuru aho yagize ati: “Ingabo za RDC n’abafatanya bikorwa babo bongeye gukoresha imbaraga z’umurengera mu kurasa ibisasu mu baturage benshi muri Karuba na Mushaki. Abaturage benshi bongeye guhunga abandi ba buriwe irengero ndetse n’abandi 4 bakomeretse bikabije.”

Yunzemo kandi ati: “M23, ikomeje kurwana kinyamwuga, irwanirira n’abaturage n’ibyabo.”

Ay’amakuru akomeza avuga ko abasivile batanu(5), bishwe n’ibisasu bya tewe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, abapfuye barasiwe i Karuba, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iy’intambara yongeye gukomera mu gihe havuzwe ko Ingabo z’u muryango w’Afrikal y’Amajy’epfo (SADC), zaje gufasha igisirikare cy’igihugu cya RDC, ku rwanya umutwe wa M23, kw’i kubitiro izafashe iyambere mu muryango wa SADC, haje ingabo z’igihugu cya Afrika y’Epfo.

Ni mugihe kandi Ingabo za ARC/M23, bya vugwa ko zi zengurutse u Mujyi wa Sake, uri mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma, k’uwa Gatatu, tariki 27/12/2023, intambara y’impande zo mbi yarimo ibera mu bilometre 4 na Sake.

K’urundi ruhande intambara yari yongeye k’umvikana mu nkengero za Goma, mu bilometre 7 , aho k’umugoroba wo ku wa Gatatu, barwaniye mubice bya Grupema ya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo.

Bruce Bahanda.

Tags: M23RDC yongeye kurasisha Indege z'intambara zom'ubwoko bwa Sukhoï-25 bica Abaturage muri Karuba n'ahandi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umunyarwandakazi, Anne Uwamahoro Rwigara, umukobwa wa Assinapol, w'igeze kuba umucuruzi ukomeye mu Rwanda, y'itabye Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?