• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC:Abarimo n’abakozi b’Imana barashinjwa gushaka kwivugana perezida Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
June 12, 2025
in Conflict & Security
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC:Abarimo n’abakozi b’Imana barashinjwa gushaka kwivugana perezida Tshisekedi.

You might also like

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

Umutegetsi uri mubakomeye muri Leta ya perezida Felix Tshisekedi, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba Gombo, uhagarariye minisiteri y’ubwikorezi n’itumanaho, akaba na visi minisitiri w’intebe, yatangaje ko hari umugambi wo kwica umukuru w’iki gihugu, kandi ko urimo n’abakuru b’idini.

Minisitiri Bemba ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye na Top-Congo-Fm, avuga ko hari kintu kiri gutugegurwa cyo kwivugana perezida Tshisekedi, kandi ko abari kugitegura ari Joseph Kabila Kabange, Moïse Katumbi, ngo bagiteguraga n’abagize inama nkuru y’amatorero muri RDC izwi nka CENCO.

Uyu wahoze ari minisitiri w’ingabo za Congo, yagaragaje ko afite ibimenyetso byose.

Yagize ati: “Aya makuru nshobora kuyabahimiriza. Ndashinja Hyppolite Kanambe, ari we Joseph Kabila, Katumbi Moïse, ndetse na bamwe mu bayobozi bakuriye CENKO kuba barikugerageza gucura umugambi wo gukuraho ubutegetsi buriho no kwica perezida Felix Tshisekedi.”

Yakomeje avuga kandi ati: “Amashusho mwarayabonye ubwo Kabila yageraga i Goma, yabanje gusura ikigo cya gisirikare kiri i Rumangabo. Kabila yabaye umuryango wabo w’intambara kuva igihe bakuyeho perezida Mobutu. Ntibumva ko igihugu ko ari icyabanyekongo.”

Jean Pierre Bemba yongeyeho kandi ati: “DRC ntizaba ubukoloni, kandi abayituye ntibazaba imbata z’ubutegetsi bw’u Rwanda. Hyppolite Kanambe ni umukozi wasigaye muri RDC w’ubutegetsi bw’u Rwanda, ruyobowe na Kagame. Ubu nibwo butumwa bwe. Kandi kuba yaragarutse mu kibuga uyu munsi, ni ubukene nk’uko ko umugaba w’ikirenga we yabimubwiye.”

Yanaboneyeho gusobanura ko Kabila n’abagenzi be, cyane cyane Katumbi na CENCO, bakoresha abaturage ba RDC mu binyoma. Ngo kandi abo bakoresha ni abahoze ari baperezida b’inteko, abanyamabanga bakuru b’ishyaka rya PPRD, n’abahoze ari abayobozi ba za cabinets.

Hejuru y’ibyo, Bemba yasabye Abanye-Congo kuba maso, mu rwego rwo kugira ngo baburizemo umugambi w’umwanzi, yamagana CENCO, we abona ishyize imbere ibiganiro biganisha ku gukuraho ubutegetsi bw’iki gihugu no kwica perezida Felix Tshisekedi.

Hari aho Bemba yageze avuga ko ubwo yari minisitiri w’ingabo yamenye ko Katumbi yakoranye n’Abarusiya mu gushaka guhirika Tshisekedi ku butegetsi, ariko ngo biramunanira, bityo avuga ko uyu Katumbi ari gukora ibishoboka byose kugira ngo abe umukuru w’iki gihugu.

Tags: CENCOKabilaUmugambi wo kwica Tshisekedi
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails

Abanyamulenge Batuye Minembwe Bahaye Ubutumwa Abari mu Mahanga Mu Gihe Intambara Ikomeje

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo

Abanyamulenge Batuye Minembwe Bahaye Ubutumwa Abari mu Mahanga Mu Gihe Intambara Ikomeje Abaturage b’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batuye mu gace ka Minembwe, kari mu misozi miremire y'i...

Read moreDetails
Next Post
Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?