• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, February 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDF yavuze uburyo byagenze kugira indege yabo nto ikore impanuka

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 17, 2025
in Conflict & Security
0
RDF yavuze uburyo byagenze kugira indege yabo nto ikore impanuka
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDF yavuze uburyo byagenze kugira indege yabo nto ikore impanuka

You might also like

Amakuru y’Ibanga ku Mbaraga Nshya Ziteganyijwe Koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo

Intambara Ikomeye Yakomereje i Mwenga

Umwaka Urashize AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Ifashe Bukavu: Uko Byagenze mu Ifatwa Ryayo n’Impinduka Zakurikiyeho

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, RDF, bwatangaje ko drone nto y’igisirikare cyabo yakoze impanuka nyuma yaho itaye inzira ubwo yakoreshwaga imyitozo bituma ikora impanuka mu karere ka Rutsiro.

Amakuru agaragaza ko iyi mpanuka yabaye aherejo tariki ya 16/09/2025, ku isaha ya saa saba n’iminota mirongo ine zamanywa.

Bivugwa ko yakomerekeje abanyeshuri batatu bari bavuye ku ishuri bataha mu rugo. Hanyuma babiri murabo barimo kuvurirwa ku kigo nderabuzima cya Kivumu na ho undi umwe ari kuvurirwa ku bitero bya Murunda.

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, RDF, zihanganishije imiryango y’aba bana bakomeretse ndetse buvuga kandi ko bubabajwe n’iyi mpanuka yabaye.

Bwanatangaje kandi ko burimo gufatanya n’inzego z’ubuyobozi bwibanze hamwe n’abaganga kugira ngo abana bagize ikibazo bahabwe ubuvuzi bukwiye . Iki gisirikare kandi kiratanga ubufasha bukenewe haba ku bana no mu miryango yabo.

Tags: DroneImpanukaRDF
Share39Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amakuru y’Ibanga ku Mbaraga Nshya Ziteganyijwe Koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
RDC Yemeye Guhagarika Imirwano Mu Burasirazuba bw’igihugu

Amakuru y’Ibanga ku Mbaraga Nshya Ziteganyijwe Koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru yizewe aturuka mu nzego zo hejuru i Kinshasa, yashyikirijwe ikinyamakuru Minembwe Capital News n’umwe mu bategetsi utifuje...

Read moreDetails

Intambara Ikomeye Yakomereje i Mwenga

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
Intambara Ikomeye Yakomereje i Mwenga

Intambara Ikomeye Yakomereje i Mwenga Ku wa Mbere, tariki ya 16/02/2026, hatangajwe ko abaturage benshi bamaze kuva mu byabo kubera imirwano ihanganishije Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Umwaka Urashize AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Ifashe Bukavu: Uko Byagenze mu Ifatwa Ryayo n’Impinduka Zakurikiyeho

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Umwaka Urashize AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Ifashe Bukavu: Uko Byagenze mu Ifatwa Ryayo n’Impinduka Zakurikiyeho

Umwaka Urashize AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Ifashe Bukavu: Uko Byagenze mu Ifatwa Ryayo n’Impinduka Zakurikiyeho Tariki ya 16/02/2025 ni bwo umutwe wa AFC/M23 wafashe ku mugaragaro Umujyi wa Bukavu, umurwa mukuru...

Read moreDetails

FARDC Yagaragaje Ugenzura Point Zero Hagati Yayo na MRDP-Twirwaneho

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
FARDC Yagaragaje Ugenzura Point Zero Hagati Yayo na MRDP-Twirwaneho

FARDC Yagaragaje Ugenzura Point Zero Hagati Yayo na MRDP-Twirwaneho Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko gikomeje kugenzura ibirindiro bya gisirikare bya Point Zero n’utundi...

Read moreDetails

Abanyamulenge Bashinje Ingabo z’u Burundi na FARDC Gukomeza Ibitero Nubwo Hatangajwe Agahenge

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
FARDC Yishe Umukecuru Ugeze mu Zabukuru Bikabije i Rundu

Abanyamulenge Bashinje Ingabo z’u Burundi na FARDC Gukomeza Ibitero Nubwo Hatangajwe Agahenge Abaturage bo mu gace ka Minembwe, gahuriramo teritwari za Fizi, Uvira na Mwenga mu Ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Mpuruyaha  ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi

Mpuruyaha ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?