• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDF yavuze uburyo byagenze kugira indege yabo nto ikore impanuka

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 17, 2025
in Conflict & Security
0
RDF yavuze uburyo byagenze kugira indege yabo nto ikore impanuka
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDF yavuze uburyo byagenze kugira indege yabo nto ikore impanuka

You might also like

RDC: Perezida Félix Tshisekedi Yasabye Ubumwe bw’Igihugu mu Maso y’Isi

Choléra Yibasiye Abanye-Congo Bahungiye mu Burundi, Abatari bake Bamaze Gupfa

Makobola mu Muriro w’Intambara Ikaze Mbere ya Noheli

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, RDF, bwatangaje ko drone nto y’igisirikare cyabo yakoze impanuka nyuma yaho itaye inzira ubwo yakoreshwaga imyitozo bituma ikora impanuka mu karere ka Rutsiro.

Amakuru agaragaza ko iyi mpanuka yabaye aherejo tariki ya 16/09/2025, ku isaha ya saa saba n’iminota mirongo ine zamanywa.

Bivugwa ko yakomerekeje abanyeshuri batatu bari bavuye ku ishuri bataha mu rugo. Hanyuma babiri murabo barimo kuvurirwa ku kigo nderabuzima cya Kivumu na ho undi umwe ari kuvurirwa ku bitero bya Murunda.

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, RDF, zihanganishije imiryango y’aba bana bakomeretse ndetse buvuga kandi ko bubabajwe n’iyi mpanuka yabaye.

Bwanatangaje kandi ko burimo gufatanya n’inzego z’ubuyobozi bwibanze hamwe n’abaganga kugira ngo abana bagize ikibazo bahabwe ubuvuzi bukwiye . Iki gisirikare kandi kiratanga ubufasha bukenewe haba ku bana no mu miryango yabo.

Tags: DroneImpanukaRDF
Share39Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Perezida Félix Tshisekedi Yasabye Ubumwe bw’Igihugu mu Maso y’Isi

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi Yasabye Ubumwe bw’Igihugu mu Maso y’Isi

RDC: Perezida Félix Tshisekedi Yasabye Ubumwe bw’Igihugu mu Maso y’Isi Mu butumwa bwa Noheli yagejeje ku Banye-Congo no ku muryango mpuzamahanga kuri uyu wa Kane, tariki ya 25/12/2025,...

Read moreDetails

Choléra Yibasiye Abanye-Congo Bahungiye mu Burundi, Abatari bake Bamaze Gupfa

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Choléra Yibasiye Abanye-Congo Bahungiye mu Burundi, Abatari bake Bamaze Gupfa

Choléra Yibasiye Abanye-Congo Bahungiye mu Burundi, Abatari bake Bamaze Gupfa Impunzi z’Abany-Congo zahunze imirwano mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo zafashwe n’icyorezo cya Choléra mu nkambi ya Gatumba mu...

Read moreDetails

Makobola mu Muriro w’Intambara Ikaze Mbere ya Noheli

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Makobola mu Muriro w’Intambara Ikaze Mbere ya Noheli

Makobola mu Muriro w’Intambara Ikaze Mbere ya Noheli Mu ijoro ryabanjirije umunsi mukuru wa Noheli, santere ya Makobola iherereye muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo...

Read moreDetails

Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kalemi Bafunguwe, Hakomeje Kugaragazwa Impungenge ku Ivangura n’Ihohoterwa

by Bahanda Bruce
December 24, 2025
0
Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kalemi Bafunguwe, Hakomeje Kugaragazwa Impungenge ku Ivangura n’Ihohoterwa

Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kalemi Bafunguwe, Hakomeje Kugaragazwa Impungenge ku Ivangura n’Ihohoterwa Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 24/12/2025, Abanyamulenge bari bamaze igihe bafungiwe mu mujyi...

Read moreDetails

Amerika Yamaganye Isubira Inyuma rya M23 i Uvira, Ihamya ko Bidatanga Icyizere cy’Amahoro

by Bahanda Bruce
December 24, 2025
0
Amerika Yamaganye Isubira Inyuma rya M23 i Uvira, Ihamya ko Bidatanga Icyizere cy’Amahoro

Amerika Yamaganye Isubira Inyuma rya M23 i Uvira, Ihamya ko Bidatanga Icyizere cy’Amahoro Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje impungenge zikomeye ku cyemezo cy’umutwe wa AFC/M23 kuva mu...

Read moreDetails
Next Post
Mpuruyaha  ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi

Mpuruyaha ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?