• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDF yavuze uburyo byagenze kugira indege yabo nto ikore impanuka

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 17, 2025
in Conflict & Security
0
RDF yavuze uburyo byagenze kugira indege yabo nto ikore impanuka
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDF yavuze uburyo byagenze kugira indege yabo nto ikore impanuka

You might also like

Minembwe: Abaturage mu myigaragambyo bamagana Ingabo z’u Burundi bazishinja kubangamira ubucuruzi n’imibereho

Kivu y’Epfo: Urusaku rw’imbunda rwumvikanye mu Mikenke, harakekwa igikorwa cya gisirikare cyakurura imirwano mishya

RDC: Izamuka ry’ibiciro ry’igihugu rishobora guhungabanya ingengo y’imari ya 2025, abasesenguzi baraburira

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, RDF, bwatangaje ko drone nto y’igisirikare cyabo yakoze impanuka nyuma yaho itaye inzira ubwo yakoreshwaga imyitozo bituma ikora impanuka mu karere ka Rutsiro.

Amakuru agaragaza ko iyi mpanuka yabaye aherejo tariki ya 16/09/2025, ku isaha ya saa saba n’iminota mirongo ine zamanywa.

Bivugwa ko yakomerekeje abanyeshuri batatu bari bavuye ku ishuri bataha mu rugo. Hanyuma babiri murabo barimo kuvurirwa ku kigo nderabuzima cya Kivumu na ho undi umwe ari kuvurirwa ku bitero bya Murunda.

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, RDF, zihanganishije imiryango y’aba bana bakomeretse ndetse buvuga kandi ko bubabajwe n’iyi mpanuka yabaye.

Bwanatangaje kandi ko burimo gufatanya n’inzego z’ubuyobozi bwibanze hamwe n’abaganga kugira ngo abana bagize ikibazo bahabwe ubuvuzi bukwiye . Iki gisirikare kandi kiratanga ubufasha bukenewe haba ku bana no mu miryango yabo.

Tags: DroneImpanukaRDF
Share39Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minembwe: Abaturage mu myigaragambyo bamagana Ingabo z’u Burundi bazishinja kubangamira ubucuruzi n’imibereho

by Bahanda Bruce
November 4, 2025
0
Minembwe: Abaturage mu myigaragambyo bamagana Ingabo z’u Burundi bazishinja kubangamira ubucuruzi n’imibereho

Minembwe: Abaturage mu myigaragambyo bamagana Ingabo z’u Burundi bazishinja kubangamira ubucuruzi n’imibereho Abaturage bo mu bice bitandukanye by’akarere ka Minembwe, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bakoze imyigaragambyo kuri...

Read moreDetails

Kivu y’Epfo: Urusaku rw’imbunda rwumvikanye mu Mikenke, harakekwa igikorwa cya gisirikare cyakurura imirwano mishya

by Bahanda Bruce
November 4, 2025
0
Kivu y’Epfo: Urusaku rw’imbunda rwumvikanye mu Mikenke, harakekwa igikorwa cya gisirikare cyakurura imirwano mishya

Kivu y'Epfo: Urusaku rw’imbunda rwumvikanye mu Mikenke, harakekwa igikorwa cya gisirikare cyakurura imirwano mishya Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, itariki ya 04/11/2025, urusaku rukomeye rw’imbunda ziremereye...

Read moreDetails

RDC: Izamuka ry’ibiciro ry’igihugu rishobora guhungabanya ingengo y’imari ya 2025, abasesenguzi baraburira

by Bahanda Bruce
November 4, 2025
0
RDC: Izamuka ry’ibiciro ry’igihugu rishobora guhungabanya ingengo y’imari ya 2025, abasesenguzi baraburira

RDC: Izamuka ry'ibiciro ry'igihugu rishobora guhungabanya ingengo y'imari ya 2025, abasesenguzi baraburira Izamuka ridateguye ry'ifaranga ry'igihugu, Franc Congolai, riravugisha benshi mu nzego z'ubukungu no mu banyapolitiki, nyuma y'uko...

Read moreDetails

RDC: Lt.Gen.Masunzu n’umwungirije batawe muri yombi, bashinjwa icyuho ku rugamba no kuvugana na Kabila, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
November 4, 2025
0
RDC: Lt.Gen.Masunzu n’umwungirije batawe muri yombi, bashinjwa icyuho ku rugamba no kuvugana na Kabila, inkuru irambuye

RDC: Lt.Gen.Masunzu n'umwungirije batawe muri yombi, bashinjwa icyuho ku rugamba no kuvugana na Kabila, inkuru irambuye Amakuru yizewe aturuka mu nzego z'umutekano yemeza ko Lieutenant General Pacifique Masunzu,...

Read moreDetails

RDC yemeye gusinya amasezerano abiri y’amahoro nyuma y’igihe kirekire yigiza nkana

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

RDC yemeye gusinya amasezerano abiri y'amahoro nyuma y'igihe kirekire yigiza nkana Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo iyobowe na perezida Felix Tshisekedi, nyuma y'igihe kirekire yigiza nkana,...

Read moreDetails
Next Post
Mpuruyaha  ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi

Mpuruyaha ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?