• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasubukuye gahunda yo gutera u Rwanda ikarwomeka ku butaka bwayo, menya byinshi kuri iy’i nkuru.

minebwenews by minebwenews
June 12, 2024
in Regional Politics
0
Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasubukuye gahunda yo gutera u Rwanda ikarwomeka ku butaka bwayo, menya byinshi kuri iy’i nkuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Repubulika ya demokarasi ya Congo yasubukuye gahunda yo gutera u Rwanda no kurwomeka kuri Congo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bikubiye mu butumwa bwashizwe hanze na minisitiri w’ingabo wa RDC, Guy Kabombo, buvuga ko perezida Félix Tshisekedi yatanze amabwiriza yo kwambura M23 uduce y’igaruriye no gutera u Rwanda ubutaka bwarwo bakabugira ubwa Congo.

Guy Kabombo, ubu butumwa yabushize hanze akoresheje urubuga rwe rwa x, rwahoze rwitwa Twitter. Sibyo byonyine kuko yanashize hanze amashusho yerekana perezida Félix Tshisekedi yerekwa ikarita y’igihugu cye, aho Tshisekedi Tshilombo yarikumwe n’umugaba w’ingabo za RDC, Gen Christian Tshiwewe Songesa n’abandi basirikare bakuru.

Maze muri ubwo butumwa bwana minisitiri w’ingabo Guy Kabombo avuga ko umukuru w’igihugu cyabo ko yabasabye kwigarurira ibice byose ingabo z’iki gihugu zambuwe na M23 mu Ntara ya Kivu Yaruguru, ariko bakanashora intambara ku Rwanda.

Yagize ati: “Félix Tshisekedi yatanze amabwiriza agamije ku rwanya iterabwabo ry’Ingabo z’u Rwanda kandi ashishikariza abasirikare bacu kwigarurira Kanyabayonga, ndetse bakomeka u Rwanda kuri Congo.”

Mu mpera z’u mwaka ushize, ubwo perezida Félix Tshisekedi yiyamamarizaga manda ya kabiri, yagiye avuga ko yiteguye gutera u Rwanda arushinja kuba inyuma y’umutwe wa M23.

Nyuma yaje gutangaza kandi ko azahamagara inteko ishinga mategeko y’iki gihugu, ku mwemerera agahangura ingabo ze gutera u Rwanda.

Muri icyo gihe yanasobanuye ko ingabo ze, FARDC zifite ubushobozi bwo kurasa i Kigali, bidasabye koziva mu mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Perezida Félix Tshisekedi akimara kwemezwa na komisiyo ishinzwe gutegura amatora(CENI) ko yatsinze amatora, hari abavuze ko icyo yashakaga yakigezeho, kuko imvugo zo gutera u Rwanda zabaye nk’i zituzaho.

Ku itariki ya 30/12/2023, perezida w’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko uwigamba gutera u Rwanda akarushwanyaguza, yibeshya cyane.

Ati: “Kuvuga ngo umuntu arategura imigambi ye yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda akarushwanyaguza, icyo tutazi ni iki se? Aho ho gushwanyagurika twarahageze turahazi ahubwo bizaba kubatekereza kugira gutyo.”

Uyu minisitiri w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yanavuze ko leta ye ifite gahunda yo kubaka igisirikare ikoresheje amafaranga angana na 18,6 z’amadolari, kugira ngo baze ku isonga mu ngabo zikomeye muri Afrika no ku Isi.

Nubwo biruko izi ngabo za FARDC n’abambari bayo(ingabo z’u Burundi, Abacanshuro, FDLR, Wazalendo na SADC), ziracyakubitwa nabi, zikubiswe n’umutwe wa M23 ugize igihe ujegeza izi ngabo zirwanirira iki gihugu cya RDC, mu Burasirazuba bwa RDC.

            MCN.
Tags: GahundaMinisitiri w'IngaboRdcTshisekediYasubukuyeYogutera u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Urubyiruko rw’Abanyamulenge rwagaragaje impungenge ruterwa n’ibyo benewabo bakorerwa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Urubyiruko rw'Abanyamulenge rwagaragaje impungenge ruterwa n'ibyo benewabo bakorerwa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?