Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavanyeho igihano cy’urupfu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 16, 2024
in Regional Politics
0
Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavanyeho igihano cy’urupfu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakuyeho igihano cy’urupfu.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Ni bikubiye mu nyandiko zikomeje gucicikana ku mbuga nkoranya mbaga, zanditswe na minisitiri w’u butabera muri leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Izi nyandiko zigaragaza ko tariki ya 09/02/2024, habaye i Nama y’abaminisitiri bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yiga kuri iyingingo y’igihano cy’urupfu, maze ngohaza gufatwa icyemezo cyo kuvanaho igihano cy’urupfu.

Ni nyandiko kandi zigaragaza ko habayeho kwandikira unzego z’ubuyobozi z’itandukanye, handikiwe, ibigo bitandukanye, perezida w’i Nama nk’uru y’ubucamanza, perezida w’u rukiko rushinzwe kurinda itegeko remezo ry’itegeko nshinga, perezida wa mbere w’u rukiko rwa Cassation, harimo kandi n’umushinjacyaha mukuru muri uru rukiko, ndetse na perezida w’u rukiko rwa gisirikare kimwe kandi n’umugenzuzi mukuru w’i mari muri FARDC.

Mu gishira mu bikorwa iki cyemezo, hazakoreshwa igihano cy’urupfu nyuma y’icyemezo kidasubirwaho cy’u bucamanza kibaho mu gihe cy’intambara, kugira ngo habeho kubungabunga cyangwa kugarura umutekano rusange.

Kuva mu 2003 ni bwo igihano cy’urupfu cyatangajwe n’inkiko za gisirikare muri RDC. Ahagana tariki ya 5/02/2024, nibwo i Nama y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, basabye perezida Félix Tshisekedi kuvanaho iki gihano.

            MCN.
Tags: Igihano cy'u rupfuRdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za General Sultan Makenga, mu mirwano zarwanye kuri uyu wa Gatandatu, zambuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ibikoresho by’agisirikare harimo imbunda ziremereye.

Ingabo za General Sultan Makenga, mu mirwano zarwanye kuri uyu wa Gatandatu, zambuye ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa, ibikoresho by'agisirikare harimo imbunda ziremereye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?