• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Reverend Ngabo yashimiye perezida wa Uganda, agira n’icyo asaba ubuyobozi bwa Mutualite y’Abanyamulenge bwatowe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 25, 2025
in Conflict & Security
0
Reverend Ngabo yashimiye perezida wa Uganda, agira n’icyo asaba ubuyobozi bwa Mutualite y’Abanyamulenge bwatowe
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Reverend Nangabo yashimiye perezida wa Uganda, agira n’icyo asaba ubuyobozi bwa Mitualite y’Abanyamulenge bwatowe

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Mu muhango wa matora ya Mitualite y’Abanyamulenge bacyumbikiwe i Nakivale mu nkambi y’impunzi irimo impunzi zitandukanye, umushumba w’itorero rya Shelter, Reverend Nangabo yashimiye perezida wa Uganda wabahaye aho bahungira, ndetse kandi aboherereza n’abategetsi babana muri ayo matora.

Kuri uyu wa kane tariki ya 25/09/2025, ni bwo Abanyamulenge batoye abayobozi ba Mitualite bazabayobora muri manda y’imyaka ibiri, nk’uko amategeko yabo bishyiriyeho abivuga.

Bizwi ko aya matora yitabiriwe n’Abanyamulenge benshi barimo abingeri zitandukanye, abagore, abagabo, urubyiruko rw’abahungu n’abakobwa, ndetse kandi n’abakozi b’Imana bashyumbye amatorero atandukanye.

Ni amatora yanitabiriwe kandi n’abayobozi bo muri iki gihugu cya Uganda, kuko harimo deputy commandant w’iyi nkambi ya Nakivale na Major Esau uhagarariye ingabo za Uganda zikorera muri icyo gice.

Ubwo umuhango wo gotora abayobozi ba Mitualite y’Abanyamulenge wari urangiye, batanze amagambo ku bantu bagize uruhare runini kugira ngo ayo matora abe.

Muri abo barimo Reverend Nangabo, wanatangiye ashimira Imana kuba yabahaye kugera kuri iyi ntambwe yo gutora, avuga ko bitari byoroshye ariko kubera Imana bikaba bigezweho.

Yashimiye kandi abayobozi bahagarariye Leta y’iki gihugu bitabiriye aya matora, banafashije kugira ngo akorwe mu mahoro.

Yageze aha ahita ashimira perezida Yoweli Kaguta Museveni, avuga ko yaboherereje intumwa, ndetse kandi akaba yarabahaye n’ubuhungiro.

Yagize ati: “Ndashimira abaje bahagarariye Leta ya Uganda twabanye muri aya matora, ntaretse kandi gushimira na perezida Museveni wabohereje. Imana ibahe imigisha myinshi .”

Yongeye ati: “Kuba baraduhaye n’ubuhingiro, na byo kandi turabibashimiye cyane.”

Uyu mukozi w’Imana, Nangabo, yakomeje avuga no ku buyobozi bwatowe, aho hatowe Rutonesha Moïse n’itsinda ayoboye, avuga ko komite yabo, itandukanye n’izindi zagiye zibaho, ngo kuko zo zibanda ga gusa ku biriyo.
Ariko asobanura ko mbere y’uko batorwa, habanje kwandikwa statue bazagenderaho mu myaka yose Abanyamulenge basigaje kuba i Nakivale bagasubira iwabo muri RDC.

Avuga ko hari ingingo ivuga ko bakwiye kubera maso umuryango w’Abanyamulenge mu bibi no mu byiza.

Ndetse kandi ngo Umunyamulenge nta karengane mu gihe iyi komite izaba igihari.

Yavuze kandi ko harimo indi ngingo ivuga ko iyi komite ikwiye gukora uko ishoboye kose Leta ya Uganda ibacyumbikiye, ntigire ibyo ibarenganya, ahubwo izibakoraho nk’uko bitegetswe.

Yageze na ho abwira abayobozi ba Leta, abahishyurira ko mu Banyamulenge harimo abize baraminuza, ariko bakaba batagira akazi nk’izindi mpunzi ziri i Nakivale.

Yavuze ko haba ku mashuri, ku bitaro n’ahandi, Abanyamulenge ari bo bonyine batagira ababahagarariye, ariko ko izindi mpunzi zibagira. Bityo asaba komite yatowe kwegera ubuyobozi bwa Leta bakajya bababwira ibibazo Abanyamulenge bafite.

Yasoje kandi ashimira abitabiriye aya matora, ndetse anasezeranya komite ku zayiba hafi no kuyigandukira.

Tags: AbanyamulengeMitualitePerezida Museveni
Share40Tweet25Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Kamerhe yageneye ubutumwa uwa musimbuye ku buyobozi bw’inteko ishinga amategeko

RDC: Kamerhe yageneye ubutumwa uwa musimbuye ku buyobozi bw'inteko ishinga amategeko

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?