• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.

minebwenews by minebwenews
May 13, 2025
in Conflict & Security
0
Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.

You might also like

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Byiringiro Robert uwo Abanyamulenge bakunze kwita Umunyakagara baramushinja gucuragurira amatora ayo biteguriramo gutora umuyobozi mukuru w’impunzi z’Abanye-Congo zibarizwa mu nkambi y’i Nyenkanda mu Burundi.

Ni mu matora ateganyijwe kuba tariki ya 22/05/2025, aho aya matora arimo abakandinda i cumi. Aba bose bariyamamariza umwanya umwe wa Chef-de Camp.

Muri aba bakandida barimo Abanyamulenge babiri, Abapfulero babiri, Umulega umwe Umuvila n’abandi.

Nk’uko babisobanura bavuga ko Abanyamulenge bose bari muri iyi nkambi bigiye hamwe batanga umukandida umwe uzabaserukira witwa Rukumbuzi Sebikabu.

Nyuma uwitwa Robert Byiringiro n’abandi bo mu kagara bamushigikiye batanga kandidatire ye, bityo Abanyamulenge baba bagize abakandinda babiri, ibyo aba Banyamulenge bavuga ko ari nko gucuragurira amatora ayo biteguriramo gutora umuyobozi mukuru w’i Kambi ya Nyenkanda.

Umutangabuhamya w’iyi nkuru yagize ati: “Icyo tunenga Byiringiro cya mbere ni uko yabigiyemo nyuma y’aho twari tumaze kwemeza uduhagararira twese Abanyamulenge! Kuba rero yarabigiyemo nyuma tubifata nko gucuragura.”

Yakomeje agira ati: “Ikindi tumwangiye ni uko tuzi ko atoturengera wa munsi wangire nte, hubwo yoduhamba! Usibye n’icyo yotumarisha.”

Uyu Byiringiro no mu busanzwe aba Banyamulenge bari muri iyi nkambi bavuga ko azabasekera mu mbonerakure z’u Burundi zikabafunga ubundi zikanabagirira nabi.

Byiringiro ni mwene Byangurube , yahoze atuye mu Cyohagati i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo. Kwitwa akagara bivuze kuba igipinga kitavuga rumwe n’abandi Banyamulenge aho bari hose ku isi, kuko kandi bamushinja gukorana n’imitwe yitwaje intwaro yica Abanyamulenge mu Burasizuba bwa Congo..

I kambi ya Nyenkanda iherereye mu ntara ya Ruyigi, ikaba ibarizwamo impunzi z’Abanye-Congo zibarirwa mu bihumbi birenga 10.

Umuyobozi benda gutora abafite ubushobozi bwo kugeza ibibazo by’impunzi rusange ku bategetsi barebwa nabyo b’igihugu bahungiyemo, cyangwa akaba yakigeza ku buyobozi bwa HRC mu Burundi. Ubundi kandi hari n’ibibazo bimwe nabimwe ashobora gukemura atiriwe abijana mu nzego zohejuru.

Tags: ByiringiroChef -de CampNyenkanda
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere Amakuru aturuka mu bayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) avuga ko uyu mutwe ushobora...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Icyo umwe mubagize Twirwaneho yavuze ku mipango mibi ihuriro ry'ingabo za RDC ziri gupangira i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?