• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Rurageretse hagati ya Gen Hamuri Yakutumba na leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
July 27, 2024
in Regional Politics
0
Rurageretse hagati ya Gen Hamuri Yakutumba na leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rurageretse hagati ya Gen Hamuri Yakutumba na leta ya Kinshasa.

You might also like

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

Mu Cyumweru gishize nibwo hacyicibikanye amakuru avuga ko Gen Hamuri Yakutumba ari kwiyamamariza kuyobora Wazalendo muri Kivu y’Amajy’epfo, nyuma Ingabo za RDC zimwikoma imbere ahagarika icyo gikorwa, ahita anerekeza iy’i shyamba.

Amakuru avuga ko Gen Hamuri Yakutumba kwiyamamaza kuyobora Wazalendo yarimo abikora avuga ko ari ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwa bimuhanguriye kandi ko bwa musabye kubanza kwiyamamaza nyuma akabona guhabwa inshingano zo kuyobora Wazalendo.

Ntibyatinze kuko Hamuri Yakutumba yiyamaje mu mujyi wa Baraka, Mboko no mutundi duce two muri Fizi. Binavugwa kandi ko aha muri utu duce yiyamarijemo, ya kirwaga nk’umwami, ariko i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, haje kuva amakuru avuga ko ibyo Hamuri Yakutumba avuga ngo ni ubutegetsi bwa Kinshasa bwa muhisemo kwiyamamaza kuyobora Wazalendo ataribyo ko ahubwo ibyo arimo avuga ari ibyo yihimbiye wenyine.

Ibi rero byaje gutuma ingabo za FARDC zikorera mu bice byo muri teritware ya Fizi zimusubiza inyuma kandi zimutegeka kwivana mu bikorwa byo kwiyamamaza kuyobora Wazalendo. Yakutumba ahitamo guhunga, ahita anerekeza iya Kabanju ahahoze mu birindiro by’inyeshamba zirwanya ubutegetsi bw’u Burundi za Red Tabara. Izi nyeshamba zabaye muri ibi birindiro mbere zitarasubiranamo na Maï Maï Bishambuke n’iyi Maï Maï iyobowe na Gen Hamuri Yakutumba. Iyi ntambara yo gusubiranamo kw’iyi mitwe yahoze isangira akabisi n’agahiye yabaye mu mpera z’u kwezi kwa Gatanu uyu mwaka.

Ndetse kandi nyuma y’uko Maï Maï Bishambuke na Maï Maï iyobowe na Gen Hamuri Yakutumba, basubiranyemo n’umutwe wa Red Tabara uwahoze ubafasha ku rwanya Abanyamulenge, haje kuvuka indi mirwano ikomeye hagati ya Bishambuke na Maï Maï ya Yakutumba, kugeza ubu hagati y’iyi mitwe ibiri hakomeza gututumba umwuka mubi wo gusubiranamo.

Amakuru ava mu barwanyi ba Gen Hamuri Yakutumba avuga ko isaha iyari yo yose, aba barwanyi bashobora gushora intambara ku ngabo za FARDC ziri mu bice byo muri teritware ya Fizi na Uvira, kandi ko iyi ntambara izaba ari murwego rwo kurwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

Gen Hamuri Yakutumba ni muntu ki?

Uyu avuka muri teritware ya Fizi, akaba ari uwo mu bwoko bw’Ababembe. Yavutse ahagana mu mwaka w’ 1970, ni umugabo ufite imyaka 54 y’amavuko.

Yatangiye kuvugwa cyane mu mirwano yo kurwanya abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge ahagana mu mwaka w’ 1996.

Ahanini mu kurwanya Abanyamulenge, arabica, akabasenyera ndetse akanyaga n’Inka zabo.

Yakutumba kandi rimwe na rimwe yagiye yumvikana mu ntambara zo kurwanya Ingabo za leta ya Kinshasa, ibyo yabikoze mu gihe cya Joseph Kabila.

Yakutumba ayoboye umutwe wa Maï Maï uzwi kw’izina rya CNPSC.

             MCN.
Tags: Leta ya KinshasaRurageretseYakutumba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails
Next Post
Abagerageje gukora imyigaragambyo muri Uganda babigiriyemo ubu babare bukaze.

Abagerageje gukora imyigaragambyo muri Uganda babigiriyemo ubu babare bukaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?