Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rurambo hazamutse igitero gikanganye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 8, 2025
in Conflict & Security
0
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rurambo hazamutse igitero gikanganye.

You might also like

Ingabo za FARDC na FDNB zazamutse gutera mu Rurambo zahitiye muri utu duce….

Muri RDC icyorezo gikaze gikomeje kuhazonga.

Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

Rurambo ho mu misozi ya Uvira hazamutse igitero cyaturutse mu gicye cy’epfo cy’umushyashya wa Uvira, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Bikubiye mu makuru MCN ikesha abaturiye umujyi wa Uvira, aho bahamya ko iki gitero cyazamutse igihe c’isaha z’iri joro ryo ku wa mbere rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 08/07/2025.

Umwe muri aba baduhaye aya makuru yagize ati: “Abasirikare benshi ba Leta bazamutse igihe c’isaha ya saa tatu z’iri joro ryo ku wa mbere. Bahaye iya Kageregere mu Rurambo.”

Yongeye ati: “Abasirikare bazamutse ni batayo ya Col.Juste wari usanzwe mu Kibaya cya Rusizi.”

Nanone kandi andi makuru avuga kuri iki gitero avuga ko Ingabo ziheruka kuvugwa muri Uvira, bivugwa ko zaturutse i Kalemi, ni uko zigabuyemo gatatu: “zimwe zerekeje umuhanda wa Fizi, izindi Gatobwe n’izindi i Luvungi ahazwi nko mu Kibaya cya Rusizi.”

Bigasobanurwa ko izerekeje i Fizi zizafatanya n’izindi bivugwa ko ziri i Kilembwe izo na zo amakuru agaragaza ko zaturutse i Kindu mu ntara ya Manyema, maze ngo zigabe ibitero kuri Twirwaneho na M23 mu Rugezi no mu bindi bice biherereye bugufi na centre ya Minembwe.

Naho izerekeje i Luvungi bitaganijwe ko zizagaba ibitero i Gatogota, Kamanyola n’ahandi mu bindi bice byamaze kubohozwa n’uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho byerekeza i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Mu gihe izi zaganye i Gatobwe akaba arizo zavuyemo izafatanyije n’iza Col.Juste zizamura igitero i Kageregere.

Hari n’abavuga ko iki gitero cyazamutse i Kageregere ko gishobora kuzabitangira mu minsi itatu iri imbere uherereye kuri uyu wa kabiri.

Ati: “Bafite gutera mu Rurambo muri iyi minsi itatu utangiye kubara ku wa kabiri.”

Tags: FardcHazamutseIgiteroKageregere
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ingabo za FARDC na FDNB zazamutse gutera mu Rurambo zahitiye muri utu duce….

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

Ingabo za FARDC na FDNB zazamutse gutera mu Rurambo zahitiye muri utu duce…. Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zazamutse kugaba ibitero mu mihana ituwe n'Abanyamulenge...

Read moreDetails

Muri RDC icyorezo gikaze gikomeje kuhazonga.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Muri RDC icyorezo gikaze gikomeje kuhazonga.

Muri RDC icyorezo gikaze gikomeje kuhazonga. Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo hakomeje kwibasirwa n'icyorezo cy'ubushita bw'inkende, bivugwa ko butesheje ababurwaye mu buryo bukabije. Ibi byatangajwe na minisiteri...

Read moreDetails

Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

Ibivugwa mu nshe z'u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika. Nyuma y'uko mu nshe za Rugezi no mu nkengero zayo hari hamaze iminsi hatumvikana urusaku rw'intwaro, ku munsi w' ejo...

Read moreDetails

RDC: AFC/M23 yatanze impuruza

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

AFC/M23 yatanze impuruza. Ihuriro ry'imitwe ya politiki n'iyigisirikare rya AFC ryasabye amahanga gukora uko ashoboye agafatira ingamba ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bukomeje kwegereza abasirikare bayo...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

Ingabo z'u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe. Abasirikare b'u Burundi bagaruye Inka zibarirwa mu icumi rirenga zari zanyazwe na Wazalendo i Luvungi muri teritware ya Uvira mu ntara...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

Ibivugwa mu nshe z'u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?