• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rurambo: Twirwaneho yakubise ahababaza ingabo z’u Burundi n’iza Congo, zikizwa n’amaguru.

minebwenews by minebwenews
July 18, 2025
in Conflict & Security
0
Rurambo: Twirwaneho yakubise ahababaza ingabo z’u Burundi n’iza Congo, zikizwa n’amaguru.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rurambo: Twirwaneho yakubise ahababaza ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

You might also like

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Nyuma y’aho ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi y Congo zigabye ibitero mu mihana y’Abanyamulenge mu Rurambo, Twirwaneho yarwanye ku baturage maze iziha isomo rikomeye inabambura n’intwaro zirimo iziremereye.

Bikubiye mu butumwa Minembwe Capital News yahawe mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 18/07/2025, aho ubwo butumwa bugira buti: “Twirwaneho yakubise ahababaza ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zari zagabye ibitero mu Banyamulenge. Urugamba rwaberaga mu irango ryo mu Rwikubo.”

Ubu butumwa bukomeza bugira buti: “Kuri ubu aba barwana ku ruhande rwa Leta bahunze, bageze mu Rudefu iyo baturutse bagaba ibitero.”

Usibye kuba abo mu ruhande rwa Leta bakijijwe n’amaguru barahunga, banambuwe n’ibikoresho bya gisirikare birimo imbunda iremereye ya Twelve n’izindi zo mu bwoko bwa Mashin Gun, ndetse n’izindi ntoya, nk’uko bikomeje kuvugwa n’abari muri ibyo bice.

Ibi bitero iri huriro ry’Ingabo za RDC zabitangije ku munsi w’ejo ku wa kane, aho zabigabye zivuye mu Masango no mu Rudefu.

Mu gitondo kandi zakomereje biriya bitero muri iki gice cya Rwikubo n’ubundi aho zari zabigabye n’ejo ku wa kane, ariko nk’uko amakuru akomeza abivuga iby’uyu munsi ntibyigeze bizihira, kuko zagihuriyemo n’akaga gakomeye.

Kuri ubu Twirwaneho n’iyo igenzura kariya gace kari kagabwemo ibitero, ndetse n’inkengero zako nyuma y’uko abari bakoze ibyo bitero bahunze.

Ibi bitero ingabo z’u Burundi n’iza Congo zabikoze mu gihe i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by’imishyikirano hagati ya RDC na AFC/M23.

Gusa, amakuru ava yo avuga ko impande ziganira ntizihuriza hamwe ahanini kubyifuzo bya buri ruhande, ariko kandi ibiganiro biracyakomeje.

Tags: Ingabo zu BurundiZakubswe ahababaza
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), inzego z’umutekano zataye muri yombi...

Read moreDetails

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira Abanyamulenge bari batuye mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails
Next Post
Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga.

Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?