• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2025
in World News
0
Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Igisirikare cy’u Buhinde cyarasanye bikomeye n’icya Pakistan, nyuma y’aho ibihugu byombi byari bigize iminsi bipfa agace ka Kshimir. Buri ruhande rwita aka gace akako.

Imirwano hagati y’igisirikare cy’u Buhinde n’icya Pakistan, bivugwa ko yabaye mu ijoro ryo ku wa kabiri rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 07/05/2025.

Ni imirwano amakuru ava muri ibyo bice avuga ko yabereye mu duce twa Poonch na Tangdar duherereye mu karere ka Kashimir kari k’u ruhande rw’u Buhinde.

Iri rasana hagati y’impande zombi, ryaguyemo abantu 15 bo ku ruhande rw’u Buhinde, nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Kimweho, Pakistan yatangaje ko abantu 26 bishwe n’ibitero by’indege byagabwe ku butaka bwayo, mbere yuko iri sana riba.

Pakistan kandi ikaba ishinja u Buhinde gucumbikira abarwanyi bagabye igitero mu karere ka Kashimir iyobowe n’u Buhinde, bityo iki gihugu kikavuga ko ibitero cyakoze biri mu rwego rwo kwihorera.

Mu gihe u Buhinde bwo buvuga ko bwagabye ibitero ahantu icyenda hari ibikorwa ivuga ko ari byabariya barwanyi, ariko ko nta gikorwa cya Pakistan cya gisirikare yarasheho mu rwego rwo kwirinda amakimbirane.

Pakistan ihakana ibirego byo gucumbikira abarwanyi ikavuga ko u Buhinde bwarashe ahantu hatandatu, ndetse igisirikare cya Pakistan kikaba cyahanuye indege 5 z’u Buhinde, ariko ntaruhande rwigenga rwemeje ayo makuru.

Bimwe mu bihugu bikomeye ku isi birimo n’u Bwongereza, u Bufaransa n’ibindi byasabye Pakistan n’u Buhinde guhagarika ubushamirane, naho u Burusiya bwatangaje ko buhangayikishijwe n’uwo mwuka w’intambara hagati ya Pakistan n’u Buhinde.

Ibitangazamamakuru byinshi, bivuga ko umubano w’impande zombi wabaye mubi cyane nyuma y’igitero cyo mu kwezi gushize aho abarwanyi bishe abantu 26 mu gace ka Pahalgam ko mu ntara ya Kashimir m’u Buhinde.

Tags: IntambaraKashimirPakistanU Buhinde
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?