Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Rwongeye kwa mbikana bikaze, hagati ya M23 n’ingabo za RDC muri Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 9, 2024
in World News
0
Rwongeye kwa mbikana bikaze, hagati ya M23 n’ingabo za RDC muri Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rwongeye kwa mbikana bikaze, hagati ya M23 n’ingabo za RDC muri Masisi.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni imirwano ikomeye yabereye mu duce two muri teritware ya Masisi, iba mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki ya 09/09/2024, hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa n’umutwe wa M23.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iyi mirwano yabereye neza mu gace ka Muheto no mu nkengero zayo, muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Uyu ukaba ari umunsi ugira kabiri w’imirwano ku mpande zombi, nyuma y’uko kandi ku munsi w’ejo habaye imirwano, aho yabereye ku muhanda wa Nyamitabo-Muheto.

Iy’i mirwano kandi yanabereye mu tundi duce nka hitwa Karenze, Kanyatsi, Centre ya Nyamitaba naha muri Muheto. Aya makuru anavuga ko iyi mirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa cyenda z’urukerera.

Utu duce twabereyemo imirwano, byarangiye m23 itubohoje, akaba ari uduce tubarizwa muri Cheferie ya Bashali Kaembe.

Imirwano ikomeje mu gihe ku wa Kabiri w’iki Cyumweru dusoje, umutwe wa M23 wagiye utanga ubutumwa ku baturage bo muri Rushashi, Ruza, Bundase muri Grupema ya Tongo, teritware ya Rutshuru kuva muri utwo duce, kugira ngo babone uko bahiga Wazalendo bazwiho guhungabanya umutekano w’abaturage. Abemeye kwimuka muri ibyo bice bajanwe muri Bambo ahari amashuri, abandi bakirwa n’indi miryango ituriye aho.

          MCN.
Tags: hagatiM23MuhetoRwongeye kwa mbikana
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wamenya ku Isezerano RDC yahaye FDLR riruta andi yose, ndetse n’uburyo FARDC itagicana uwaka na Wazalendo.

Ibyo wamenya ku Isezerano RDC yahaye FDLR riruta andi yose, ndetse n'uburyo FARDC itagicana uwaka na Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?