• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Rwongeye kwa mbikana bikaze, hagati ya M23 n’ingabo za RDC muri Masisi.

minebwenews by minebwenews
September 9, 2024
in World News
0
Rwongeye kwa mbikana bikaze, hagati ya M23 n’ingabo za RDC muri Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rwongeye kwa mbikana bikaze, hagati ya M23 n’ingabo za RDC muri Masisi.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni imirwano ikomeye yabereye mu duce two muri teritware ya Masisi, iba mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki ya 09/09/2024, hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa n’umutwe wa M23.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iyi mirwano yabereye neza mu gace ka Muheto no mu nkengero zayo, muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Uyu ukaba ari umunsi ugira kabiri w’imirwano ku mpande zombi, nyuma y’uko kandi ku munsi w’ejo habaye imirwano, aho yabereye ku muhanda wa Nyamitabo-Muheto.

Iy’i mirwano kandi yanabereye mu tundi duce nka hitwa Karenze, Kanyatsi, Centre ya Nyamitaba naha muri Muheto. Aya makuru anavuga ko iyi mirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa cyenda z’urukerera.

Utu duce twabereyemo imirwano, byarangiye m23 itubohoje, akaba ari uduce tubarizwa muri Cheferie ya Bashali Kaembe.

Imirwano ikomeje mu gihe ku wa Kabiri w’iki Cyumweru dusoje, umutwe wa M23 wagiye utanga ubutumwa ku baturage bo muri Rushashi, Ruza, Bundase muri Grupema ya Tongo, teritware ya Rutshuru kuva muri utwo duce, kugira ngo babone uko bahiga Wazalendo bazwiho guhungabanya umutekano w’abaturage. Abemeye kwimuka muri ibyo bice bajanwe muri Bambo ahari amashuri, abandi bakirwa n’indi miryango ituriye aho.

          MCN.
Tags: hagatiM23MuhetoRwongeye kwa mbikana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wamenya ku Isezerano RDC yahaye FDLR riruta andi yose, ndetse n’uburyo FARDC itagicana uwaka na Wazalendo.

Ibyo wamenya ku Isezerano RDC yahaye FDLR riruta andi yose, ndetse n'uburyo FARDC itagicana uwaka na Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?