Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Rwongeye kwa mbikana hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 27, 2024
in Regional Politics
0
Rwongeye kwa mbikana hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rwongeye kwa mbikana hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni imirwano ikaze yabaye ku munsi w’ejo tariki ya 26/07/2024, ibera mu duce two muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho hari hahanganye uruhande rwa m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Kinshasa.

Nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga, nuko iyi mirwano yabereye mu duce dutandukanye two muri Grupema ya Bashali-Mokoto, ho muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahitwa Mpati, Nyange na Bibwe niho hiriwe imirwano kuri uyu wa Gatanu w’ejo hashize.

Ay’amakuru kandi avuga ko uruhande rw’ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko ari rwo rwagabye ibyo bitero mu birindiro by’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga wo muri M23.

Gusa, uru rugamba ntirwigeze ruhira uruhande rw’ingabo za leta ya Kinshasa, kuko nubwo ari rwo rwagabye ibitero ariko byarangiye M23 ibasutseho umuriro w’imbunda maze uru ruhande rwa leta ya Kinshasa rukizwa n’amaguru, nk’uko bikomeje kuvugwa n’abaturiye ibyo bice.

Ikindi nuko iyi mirwano yafashe umwanya munini, kuko muri ibyo bice, hakomeje kumvikana urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito kuva igihe c’isaha z’igitondo kugeza amasaha y’igicamunsi. Ariko kugeza ubu M23 iracyagenzura biriya bice byabereyemo imirwano.

Iyi mirwano yabaye mu gihe komanda uyoboye operasiyo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen Chiko Tshitambwe yari avuye mu ruzinduko yari amazemo iminsi irenga itatu aho yari yarahamagawe i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Ahagana isaha z’umugoroba zo ku munsi w’ejo hashize nibwo yongeye gusesekara i Goma ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

              MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwanoM23MasisiRwongeye kwa mbikana
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Icyihishe inyuma y’uruzinduko Justin Bitakwira yagiriye muri teritware ya Uvira cyamenyekanye.

Icyihishe inyuma y'uruzinduko Justin Bitakwira yagiriye muri teritware ya Uvira cyamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?