• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Rwongeye kwa mbikana hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
July 27, 2024
in Regional Politics
0
Rwongeye kwa mbikana hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rwongeye kwa mbikana hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni imirwano ikaze yabaye ku munsi w’ejo tariki ya 26/07/2024, ibera mu duce two muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho hari hahanganye uruhande rwa m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Kinshasa.

Nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga, nuko iyi mirwano yabereye mu duce dutandukanye two muri Grupema ya Bashali-Mokoto, ho muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahitwa Mpati, Nyange na Bibwe niho hiriwe imirwano kuri uyu wa Gatanu w’ejo hashize.

Ay’amakuru kandi avuga ko uruhande rw’ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko ari rwo rwagabye ibyo bitero mu birindiro by’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga wo muri M23.

Gusa, uru rugamba ntirwigeze ruhira uruhande rw’ingabo za leta ya Kinshasa, kuko nubwo ari rwo rwagabye ibitero ariko byarangiye M23 ibasutseho umuriro w’imbunda maze uru ruhande rwa leta ya Kinshasa rukizwa n’amaguru, nk’uko bikomeje kuvugwa n’abaturiye ibyo bice.

Ikindi nuko iyi mirwano yafashe umwanya munini, kuko muri ibyo bice, hakomeje kumvikana urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito kuva igihe c’isaha z’igitondo kugeza amasaha y’igicamunsi. Ariko kugeza ubu M23 iracyagenzura biriya bice byabereyemo imirwano.

Iyi mirwano yabaye mu gihe komanda uyoboye operasiyo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen Chiko Tshitambwe yari avuye mu ruzinduko yari amazemo iminsi irenga itatu aho yari yarahamagawe i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Ahagana isaha z’umugoroba zo ku munsi w’ejo hashize nibwo yongeye gusesekara i Goma ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

              MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwanoM23MasisiRwongeye kwa mbikana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Icyihishe inyuma y’uruzinduko Justin Bitakwira yagiriye muri teritware ya Uvira cyamenyekanye.

Icyihishe inyuma y'uruzinduko Justin Bitakwira yagiriye muri teritware ya Uvira cyamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?