• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

SADC yongereye igihe ingabo zayo muri RDC, inamagana uruhande rwishe agahenge.

minebwenews by minebwenews
November 21, 2024
in Regional Politics
4
SADC yongereye igihe ingabo zayo muri RDC, inamagana uruhande rwishe agahenge.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

SADC yongereye igihe ingabo zayo muri RDC, inamagana uruhande rwishe agahenge.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Umuryango wa SADC wafashe icyemezo cyo kongera iminsi 365 ingabo zayo kuguma mu butumwa bwa gisirikare zirimo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iki cyemezo cyafashwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20/11/2024 mu nama ya huje abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma zigize uyu muryango yabereye i Harare muri Zimbabwe.

Mu itangazo SADC yashyize hanze nyuma yiriya nama, rivuga ko “yashimye ko abayoboye ingabo zayo mu Burasirazuba bwa RDC n’abandi bose boherejwe mu butumwa bwa mahoro muri icyo gihugu bagumayo.”

Uyu muryango wanagaragaje impungenge ku izamba ry’umutekano muri RDC, unamagana kuba agahenge ko guhagarika imirwano kari karemeranijwe mu kwezi kwa munani karishwe.

Maze bahera ko basaba M23 n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) gushyira mu bikorwa ibyo guhagarika imirwano biyemeje.

Abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango wa SADC, bashimangiye ko bagiye gushyira mu bikorwa ibyo biyemeje byerekeye amasezerano yo gutabarana. Banavuga ko basenyeye ku mugozi umwe mu guha ubufasha RDC mu ntambara irimo n’umutwe wa M23.

Ariko kugeza ubu ingabo za SADC zimaze umwaka muri ubu butumwa ntiziratanga umusaruro ufatika, kuko M23 ikigenzura ibice bitandukanye byo muri Kivu Yaruguru.

Usibye nibyo uyu mutwe ukaba ukomeje gushyinga inzego z’ubuyobozi mu bice bitandukanye byo muri iyi ntara.

SADC ifite ingabo ku butaka bwa RDC kuva mu kwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2023, ikaba yarazoherejeyo mu butumwa bwo gufasha iza RDC ku rwanya umutwe wa M23.
Iz’i ngabo zigizwe n’izo muri Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

Tags: IgiheRdcSADC
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Hasohowe inyandiko zo guta muri yombi minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’abandi.

Hasohowe inyandiko zo guta muri yombi minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n'abandi.

Comments 4

  1. Ensuent says:
    11 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy side effects[/url] Baby Dust to everyone пёЏ

  2. Ensuent says:
    11 months ago

    Once individuals with clinical hypothyroidism begin taking levothyroxine, their metabolism appears to speed up, but it is actually normalizing to the homeostatic baseline for that individual [url=https://fastpriligy.top/]can i buy priligy in mexico[/url] If you are like me and still need to wear glasses, check out these lightweight computer glasses that effectively reduce blue light by up to 90, immediately reducing eyestrain and its associated effects including headaches, dry eyes, tired eyes, and blurred vision

  3. Ensuent says:
    11 months ago

    Does your dry mouth interfere with taste [url=https://fastpriligy.top/]priligy and cialis together[/url] There will be fewer tracks but more of them operating successfully

  4. Ensuent says:
    11 months ago

    Preparation of tissue [url=https://fastpriligy.top/]priligy dapoxetine review[/url] eCollection 2020 Jan 14

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?