• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

SADC yongereye igihe ingabo zayo muri RDC, inamagana uruhande rwishe agahenge.

minebwenews by minebwenews
November 21, 2024
in Regional Politics
4
SADC yongereye igihe ingabo zayo muri RDC, inamagana uruhande rwishe agahenge.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

SADC yongereye igihe ingabo zayo muri RDC, inamagana uruhande rwishe agahenge.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umuryango wa SADC wafashe icyemezo cyo kongera iminsi 365 ingabo zayo kuguma mu butumwa bwa gisirikare zirimo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iki cyemezo cyafashwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20/11/2024 mu nama ya huje abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma zigize uyu muryango yabereye i Harare muri Zimbabwe.

Mu itangazo SADC yashyize hanze nyuma yiriya nama, rivuga ko “yashimye ko abayoboye ingabo zayo mu Burasirazuba bwa RDC n’abandi bose boherejwe mu butumwa bwa mahoro muri icyo gihugu bagumayo.”

Uyu muryango wanagaragaje impungenge ku izamba ry’umutekano muri RDC, unamagana kuba agahenge ko guhagarika imirwano kari karemeranijwe mu kwezi kwa munani karishwe.

Maze bahera ko basaba M23 n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) gushyira mu bikorwa ibyo guhagarika imirwano biyemeje.

Abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango wa SADC, bashimangiye ko bagiye gushyira mu bikorwa ibyo biyemeje byerekeye amasezerano yo gutabarana. Banavuga ko basenyeye ku mugozi umwe mu guha ubufasha RDC mu ntambara irimo n’umutwe wa M23.

Ariko kugeza ubu ingabo za SADC zimaze umwaka muri ubu butumwa ntiziratanga umusaruro ufatika, kuko M23 ikigenzura ibice bitandukanye byo muri Kivu Yaruguru.

Usibye nibyo uyu mutwe ukaba ukomeje gushyinga inzego z’ubuyobozi mu bice bitandukanye byo muri iyi ntara.

SADC ifite ingabo ku butaka bwa RDC kuva mu kwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2023, ikaba yarazoherejeyo mu butumwa bwo gufasha iza RDC ku rwanya umutwe wa M23.
Iz’i ngabo zigizwe n’izo muri Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

Tags: IgiheRdcSADC
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hasohowe inyandiko zo guta muri yombi minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’abandi.

Hasohowe inyandiko zo guta muri yombi minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n'abandi.

Comments 4

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy side effects[/url] Baby Dust to everyone пёЏ

  2. Ensuent says:
    10 months ago

    Once individuals with clinical hypothyroidism begin taking levothyroxine, their metabolism appears to speed up, but it is actually normalizing to the homeostatic baseline for that individual [url=https://fastpriligy.top/]can i buy priligy in mexico[/url] If you are like me and still need to wear glasses, check out these lightweight computer glasses that effectively reduce blue light by up to 90, immediately reducing eyestrain and its associated effects including headaches, dry eyes, tired eyes, and blurred vision

  3. Ensuent says:
    10 months ago

    Does your dry mouth interfere with taste [url=https://fastpriligy.top/]priligy and cialis together[/url] There will be fewer tracks but more of them operating successfully

  4. Ensuent says:
    10 months ago

    Preparation of tissue [url=https://fastpriligy.top/]priligy dapoxetine review[/url] eCollection 2020 Jan 14

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?