
Umusore wumunyamulenge Samuel Mugisha, uri mukigero cyimyaka 21, mugihe yaramaze amezi atandatu(6), yarabuze basanze yapfuye muri Leta z’Unze ubumwe Za Amerika.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 29.04.2023, saa 7:35 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, nayumubaro, amakuru avuga Urupfu rwumusore wumunyamulenge wasanzwe yapfuye. umurambo we ukaba watowe mumugezi wa Presumpscot ho muri Leta z’Unze ubumwe Za America.
Nkuko umwe muribashiki be, mumuryango wahafi, yabibwiye Minembwe Capital News, yavuze ko Mugisha Samuel, yabuze guhera tariki 04.11.2022.
Yagize ati : “Mugisha, yarasanzwe atuye ahitwa M’en, ho muri Amerika aha abasore bakunze kuhaja muburyo bwogushaka amafaranga, ubwo yajaga muri Sport bisanzwe yasohotse hari kuwagatanu nyuma yubwo ntiyongeye kugaruka.”
Nanone kandi harandi makuru avugako yoba yarabuze igihe yariyerekeje kurusengero murako gace yaratuyemo, mubusanzwe bavuzeko Mugisha Samuel, yarasanzwe avuga ubutumwa, kuko yarumusore ukijijwe akaba yaranakunda gusenga nkuko byavuzwe nabamwe bo mumuryango wa nyakwigendera.
Kuruyu wa Kane akabaribwo umurambo we wabashe kuboneka bawusanze mumugezi. Mugisha Samuel, nimwene Shendrack.




