Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Santire ya Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ingabo za M23 zageze mu marembo yayo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 3, 2024
in Regional Politics
0
Santire ya Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ingabo za M23 zageze mu marembo yayo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage baturiye agace ka Minova, muri Grupema ya Buzi, teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, batewe n’ubwoba nyuma y’uko ibyo bice bya hungiyemo abasirikare benshi b’u Burundi harimo n’aba FARDC ndetse na FDLR.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 03/02/2024, nibwo bya menyekanye ko ibice byinshi byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bipakanye n’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe na M23 ahanini unyuze Minova, ni mu mirwano ikomeye yabaye k’u wa Gatanu, yasakiranije ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23.

Amakuru yizewe avuga ko villages(Localite) zigize Grupema ya Mupfunyi, muri teritware ya Masisi, nizo zigaruriwe na M23, ibi bice akaba aribyo bihuza Intara ya Kivu Yaruguru na Kivu y’Epfo, unyuze Minova, muri teritware ya Kalehe.Ibyo bice nk’uko MCN yahawe amakuru, harimo Shanga, i Shasha, Bwerimana, Kihindo, Kituva, Bukabati na Nyamubingwa.

K’urundi ruhande amakuru yashizwe hanze n’abakora mu by’ubuvuzi kuri Santire ya Kirotshe, bavuze ko M23 kuri ubu igenzura umuhanda wose wa Goma-Minova, uka manuka ukagera ku muhanda wa Sake-Minova, harimo ko na Santire ya Kirotshe ko yamaze kuja mu maboko y’ingabo za M23.

Gusa abaturage bakomeje guta izabo bamwe bahunga bagana mu bice M23 yamaze kwigarurira abandi bahunga bagana mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: Iri mu Marembo yayoM23Minova
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bwa M23, bavuze impamvu bahisemo gucyecekesha intwaro z’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na SADC.

Ubuyobozi bwa M23, bavuze impamvu bahisemo gucyecekesha intwaro z'ihuriro ry'ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na SADC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?