• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Santos wabaga Bunia yatawe muri yombi.

minebwenews by minebwenews
November 23, 2024
in Regional Politics
0
Santos wabaga Bunia yatawe muri yombi.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Santos wabaga Bunia yatawe muri yombi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umugabo w’Umunyamulenge uri mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko, witwa Masuwa Santos, wari ufungiwe i Bunia yoherejwe gufungirwa i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibyumweru bibiri byari bishyize Masuwa Santos yarafungiwe i Bunia mu ntara ya Ituri, akaba ari naho yafatiwe, nk’uko iy’inkuru tuyikesha umwe wo mu muryango we.

Urwego rushinzwe ubutasi rwa ANR muri Bunia, nirwo rwari rwa mutaye muri yombi, nyuma yo ku mukekera kuvugana n’umutwe wa M23.

Byanavuzwe ko “ubwo bwana Masuwa yari amaze kubona ko ANR ikomeje kumugendaho byahato nahato, yahise aja ku cyicaro cyayo kiri i Bunia, kubabaza impamvu akomeje kugendwaha n’abantu babo!” Abandi nabo niko guhita bamuta mu kasho.

Ariko nubwo ANR yamukekekeraga ibyo, ariko nti byari ukuri, nk’uko umwe mu bantu bahafi ye yabyiganiye MCN, aho yagize ati: “Santos yaragambaniwe! Yakoraga mu mushinga umwe hano ukomeye.”

Yakomeje avuga ko “kuba kandi uyu mugabo yarazwi cyane , nabyo biri mu byatumye agambanirwa.”

Ati: “Amoko yose aturiye i Bunia aramuzi, nk”Abagegeri, Abanyanga, Abahema n’Abaruru n’abandi. Si nshidikanya ko bitari mu byotuma agirirwa ishyari, ndetse bakamukekera nibyo byose byo gukundisha abantu m23.”

Habaye ku wa kane, ni bwo yavanwe muri gereza yarafungiwemo i Bunia, yoherezwa gufungirwa i Kinshasa.

Byanasobanuwe ko naha i Kinshasa, yoherejwe gufungirwa yo, akiri mu maboko yaruriya rwego rushinzwe ubutasi rwa ANR.

Tags: BuniaIturiKinshasaMasuwa
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Uwavugwaga ibigwi mu Bahema y’itabye Imana arashwe.

Uwavugwaga ibigwi mu Bahema y'itabye Imana arashwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?