Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 20, 2024
in Religion
1
Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.
131
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Nitezeho Semwanuke, wari umaze amezi atatu yaraburiwe irengero, umuryango we, wongeye ku mubona unasaba inshuti n’abavandimwe gufatikanya bagahimbaza Imana, iyo bavuga ko yamubagaruriye akiri muzima.

Mu mpera z’u kwezi kwa Karindwi uyu mwaka, Semwanuke yarashimuswe, ashimutirwa muri Tanzania.
Icyo gihe byanavuzwe ko yashimuswe nyuma y’uko yari avuye ku kazi aho yapagasirizaga mu nkambi y’impunzi ya Nyarugusu.

Byanasobanuwe ko “ubwo yavaga ku kazi yerekeza iwe, yaje guhagarikwa n’imodoka ifite ibirahuri bya Fime, maze abari bayirimo bamutegeka guhita ayinjiramo ako kanya, niko kujanwa ahatarigeze hamenyekana.”

Nyuma yubwo, nti byatinze, umuryango Semwanuke avukamo, wanzuye ko umugore we n’abana be, kuva muri Tanzania akerekeza i Musasa mu Burundi aho ise(papa wa Semwanuke) yahungiye intambara zo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Nawe arabyemera.

Rero, ahar’ejo tariki ya 19/11/2024, ni bwo Semwanuke yageze mu be, aho bari mu nkambi y’impunzi ya Musasa.
Ibi bikaba byarashimishije umuryango we, ari nabyo bikomeje gutuma bahimbaza Imana.

Umwe wo mu muryango we, witwa Jackson, yatanze ubutumwa bwanditse amenyesha inshuti n’abavandimwe be, agira ati: “Yesu yagize neza, kuba yongeye kutugarurira murumuna wacu wari waraburiwe irengero muri Tanzania. Mudufashe kuzamurira Imana icyubahiro.”

Mu makuru yakomeje kuvugwa nyuma y’uko uyu mugabo yongeye kugaruka mu muryango we, avuga ko “yari yarashimutanwe n’Abarundi basanzwe nabo ari impunzi muri Tanzania.”

Gusa, Semwanuke we ntacyo aratangaza kinini ku byerekeye ishimutwa rye.

Hagati aho, tuzagerageza ku mwegera kugira ngo avuge amakuru arambuye kuri iyo mpanuka yahuye nayo.

Tags: MusasaSemwanukeTanzaniaYashimuswe
Share52Tweet33Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Abandi basirikare benshi b’u Burundi baguye mu mirwano muri Kivu Yaruguru.

Abandi basirikare benshi b'u Burundi baguye mu mirwano muri Kivu Yaruguru.

Comments 1

  1. Muhoza Willy says:
    7 months ago

    Imana ihabwe icyubahiro yamugaruye ari muzima.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?